Sweet Stories

Sweet Stories

Share

Contact information, map and directions, contact form, opening hours, services, ratings, photos, videos and announcements from Sweet Stories, Health/Beauty, KN15, Kigali.

08/07/2022

Dore uko inyuguti zikurikirana:
A=Abatazi urukundo rwacu.
B=Batazi icyaduhuje.
C=Ceceka tubihorere.
D=Dukundane nkuko bikwiye.
E=Emera ibyo ngusabye.
F=Fungura umutima wowe.
G=Garagaza uwo uriwe.
H=Humura cyuzuzo cyange.
I=Irengagize ibyo ubona.
J=Jambo rintera imbaraga mu bihe byose.
K=Karabo kange.
L=Leta y'urukundo iture mu mitima yacu.
M=Maso yera nkurubura.
N=Ni wowe nihebeye rukundo rwange.
O=Ongera umpe byose byawe.
P=Perereza hose uzasanga ari wowe gusa.
Q=Quiz wahawe warayitsinze kubwo urukundo.
R=Rukundo mpoza kumutima.
S=Sinzibagirwa icyaduhuje.
T=Turumwe.
U=Uri impano nahawe na rurema.
V=Vayo nkwihoreze.
W=Wita igihe kubandi.
X=X na y $icyo gusubizo kuko turumwe.
Y=Yambi honey.
Z=Zirikana ibi nkubwira!!!
Ayo namategeko ya alphabet aranga abakundana byanyabyo%

08/07/2022

Hahahaaaa!!
Soma iyi nkuru urebe amakosa ushobora kuba ukora utabizi!!!
:-|:-|:-|:-|:-|:-|:-|:-|:-|:-|:-|:-|:-|:-|:-|:-|:-[:-[:-[:-[:-[:-[

1✔️Mu bisanzwe gusoma umuntu muhuriye mu nzira si ingorane. Ingorane nigihe ujya kumwongera Bisou ya kabiri ugasanga nawe yabivuyemo.

2✔️Kwiyambika akajipo kagufi si ingorane, wanashima hari n'ababigukundira. Ingorane ni harya uhura n'abantu ugatangura kuyimanura. Wagira umwaku uyimanura ikamanuka yose niho wamenya ko Imana ihora ihoze.

3✔️Gukunda umuntu si ingorane. Ingorane ni harya ufata ifoto yiwe ukayishira kuri profil yawe ataranakwerekana muri bagenzi be. Umunsi uzabona muri commentaires uti "Mbega, nawe iyo ndaya murazinanye?" niho wamenya impamvu Petero yihakanye Yesu.

4✔️Kuvuga ko abagabo bose ari bamwe si ikibazo. Ikibazo ni "Warabagenzuye bose ubabona kimwe?"

5✔️kuvuza akaruru cyangwa kuvuga utugambo turyohera amatwi iyo uri mumabanga yabubatse kandi utarubaka si ingorane. Ingorane ni harya uvuga ngo "Ohh Jesus, Oh my God,...". Ibuka ko urimo gukora icyaha ubundi ubihebe ujye kwihana muruseengero.
Cg urimo urahamagara Imana ngo yibuke kuguhana?

6✔️Kwisiga ibiguhindura umubiri si ingorane. Ingorane ni harya usanga ufite mu maso hera nk'ah'abazungu, ku matwi wirabura, ku minwa usa na chocolat,inzara nazo zitukura. Ibuka sha ko nta nidarapo "drapeau" rifite amarangi nk'ayo. Cg uri umunywamazi?

7✔️Ncuti gusoma iyi nkuru ntibyari bibi wanabishima kuko yanditswe ngo isomwe. Ikibi ni ukuyisoma ukigendera ntacyo uyivuzeho, udashyizeko
,

.
ngo n'abandi bayibone.

🔥UKENEYE N'UTUNDI DUKURU TWINSHI, NTUGENDE UDAKANZE like hano kuri iyi page Sweet stories

08/07/2022

💧.N'usomana n'igisambo immediately bara amenyo yawe ko yuzuye. 😬😬
💧. Ninjoro narose ndi gutwara V8 ntungurwa no gukubitirwa gusubiza igitanda munzu 😂 😂 😂 😂 😂
💧. Ntanyamaswa yarusha umukobwa witeye makeup 💄 kwiruka iyo imvura iguye.
💧. Ugasanga nyamukobwa yasizoye ngo nzarongorwa n'umusore muremure kdi ufite 6pack, igituza kdi wakoze iboko 💪 💪 .... Ubwo njye nareba se nkabona angana n'ikigega cga 5000 Littles 😮😮😮
💧. Kumyaka 2 uba wumva uzaba umu "pilote" ariko kumyaka 25 ikintu kijyanye n'indege ushobora ni ugufungura "Airplane_mode" kuri telephone yawe 🙈🙈🙈🙈
💧. Ugasanga abakobwa batwihaye ngo tubatera inda tugahunga 🏃 🏃 🏃 ... Nonese nihe wabonye umukinnyi atsinda igitego akaguma hafi y'izamu? 😂 😂 😂 😂
💧. Ugasanga ubonye umwanya wo gusoma post zanjye ukabura uwa comment 😔 😔 😔birababaza....

03/07/2022

Icyumweru cyiza👏 Kanda like kuri iyi paji sweet stories ahari aka kamenyetso 👍 ubundi ujye ubona ubutumwa bwinshi bwagufasha mumibereho ya buri munsi.

🕉️

Umugore yari ari kurugendo yageze ahantu
kurusengero , aragenda ajya Kureba Umu Pasteur
arira Cyane ati" mumfashe.
Pasteur ati "None nagufasha iki? Ko mbona
ntakibazo Nakimwe ufite urarizwa n'iki?
Umugore yakoze mu Isakoshi Ye , Akuramo
IPhoto ye ya kera Ayereka Pasteur, Uhmm.!
Pasteur ayibonye abona koko Uwo areba
atandukanye Cyane n'uri Ku ifoto kandi ari we !
Pasteur yaketse ko uwo muntu ashobora kuba
koko afite ikibazo Gikomeye.
Amubaza ikibazo Afite" umugore ati" Rwose
mukozi W'Imana, Njye Naripimishije basanga
naranduye agakoko Gatera Sida, Nafataga imiti,
ariko Maze kurambirwa, Nsengera Wenda Mpfe
ariko ngende nd'Umwere.
Pasteur uko yagafunze amaso Asengera uwo
Muntu, Imana iramubwira iti"
BWIRA UWO MUGORE KO ICYO CYEMEZO
ATWAYE MU ISAKOSHI YE CYEMEZA KO
ARWAYE SIDA ATARI ICYE."
Pasteur aramubwira ati" Muvandimwe, Fata icyo
cyemezo ,ukijyane ujye ujye Kureba undi mu
Docteur, Kuko Imana Inyeretse Ko Ntagakoko
Gatera Sida Ufite.
Koko Yaragiye ajya gushaka undi Mu Docteur
,Bamusuzumye bamuha igisubizo Cyuko
ntagakoko Gatera Sida Afite.
Yagarutse muri Rwa Rusengero ,asenga Imana
Anayishimira Ibitangaza Yamukoreye.
Pasteur nawe aramushimira, amubwira ko
atagomba kwiheba mubu*ima bwe kuko hari
Imana.
Nyumva nawe usoma ibi:
_Niba uri umukene icyo cyemezo ufite ntago ari
icyawe.
_Niba Uri Single icyo cyemezo ufite sicyawe
_Niba Utarabona urubyaro icyo cyemezo ufite
sicyawe
_Niba urwaye, icyo cyemezo ufite sicyawe
_Niba ntakazi ufite , icyo cyemezo ufite sicyawe
_Niba ufite agahinda, icyo cyemezo ufite sicyawe
_Niba Uri mubyago ,icyo cyemezo ufite sicyawe
_Niba uri Gutsindwa ibizamini, icyo cyemezo ufite
sicyawe.
Icyo Kintu Cyose kiri Kukubuza Ibyishimo Ntago
Ari Icyemezo CYawe.
Mugihe ugisangiza(Sharing) ubu butumwa
mumagroup byibura 5 ,unandika AMEN
,Ndagusengeye ngo
Imana Yo Mu ijuru Igusure Uyu Munsi, Iguhe
Icyemezo CYawe cyanyacyo.
Hari abantu benshi batwaye Imitwaro Itari iyabo
Imyaka nyinshi, kuko Batarabona Imitwaro Yabo
bwite.

Kanda like kuri iyi page Sweet stories

02/07/2022

BIRATANGAJE(NTWIBAGIRWE GUKANDA like kuri iyi page🤲

🔻Muntambara ya kabiri y'isi☯️ (umusirikari) yabonye ikibari cyo kujya gusura umuryango we, akigera mu rusisiro rwari hafi y'urugo rwe yahabonye imodoka ya gisirikari yari ihahagaze ipakiye imirambo myinshi niko guhita abona ko umwanzi yari yagabye igitero muruwo mudugudu! Imodoka ya gisirikari yagendaga ikusanya iyo mirambo ngo ijye gushyingurwa mu mva rusange, wa musirikari yegereye imodoka ngo abarebe bwa nyuma niko kubona umugore warurimo yambaye inkweto zasaga neza nizo yaraherutse kugurira umugore we, yahise yirukira murugo ngo arebe ko ahari gusa muminota mike aragaruka, yitegereje neza asanga koko wa wundi n'umugore we! yanze ko ajya gushyingurwa mumva rusange asaba ko yamutwara akajya kumushyingura mucyubahiro. Mukumukuramo basanze agihumeka nubwo akuka kari gake yahise ajyanwa kubitaro by'umujyi yitabwaho ndetse arakira. Nyuma y'igihe ibyo bibaye nintambara yararangiye wa mugore warugiye gushyingurwa ari mu*ima yasamye inda, abyara umwana w'umuhungu amwita "Vladimir Putin" ubu ni perezida w'uburusiya! rero ntugacike intege aho uri Imana ishobora kuhagukura ejo ugakira, ubukene , umuruho ndetse ni nzara ibyo byose ni by'igihe gito, iyo uzaba ukomeye Imana igucisha mu bikomeye kugirango ibyo bikomeye bigukomeze.

Kanda like kuri iyi page 🔴 ukore share muyandi ma Group

02/07/2022

Ubu*ima bu*ima(Soma witonze)

Kuryamana ntabwo ari ukuryamana gusa byo guhuza imibiri ahubwo ninoguhuza roho n'ubugingo!😲

Wenda wabyizera cyangwa ntubyizere
Kuko si itegeko ko tubona ibintu kimwe ariko ibi byo si ikibazo cy' uko ubibona cyangwa ubyumva ahubwo ni ikibazo cy' uko ubisobanukirwa ukabyizera ukanabyemera😞

Iyo waryamanye n' abantu benshi
Uba warahuje roho yawe n'izabo 🙆

kdi zishobora kuba muburyo butandukanye bw' umwijima...😭

Zimwe murizo zikaba zatambamira imigisha yawe cyangwa zikakwangiza burundu...😭

Ugasanga uhoranya inyatsi ntanakamwe ukora ngo gakunde🙄 iteka ugatega zivamo😒
Aho bigeze ishyano ryagutanga ivure ugapfumbata 😢 uti ntakundi akaje karemerwa ukiyakira nyamara utazi impamvu😞

Rimwe na rimwe ukabona umuntu afite amasura atandukanye 😔
Rimwe akaba adasanzwe ubundi ukabona ameze nkuwataye umutwe🙃

ubundi ukabona yihebye
ubundi ukabona yitonze
ubundi akaba yayagaye🙅
ubundi akaba umwana mwiza ejo bikivanga mbese nawe ubwe akaba atisobanukiwe🙅 kubera ko asigaye afite roho zirenze imwe zirwanira mumubiri umwe😲 kdi muri izo nyinshi ntihaburamo roho z' umwijima😭 zimutesha umutwe n' umurongo uboneye w' ubu*ima🙆

Uko ukomeza kwiruka 🏃mubagore 🍑 n' abakobwa🍆 kubera irari ryawe ryakunaniye😭 ukirirwa mubasore 🍑 uryamana🍆 n' abagabo utazi😭

Umenye neza ko muba mudahuza imibiri🍑 gusa🍆😭 na roho zanyu ziba zizirikanye🙆

Nuryamana n' abantu benshi🍆 roho yawe izasigara ifite ibicucu bitandukanye ariko mumubiri umwe😲
Ntabwo uzaba ukiri wenyine rero uzaba uri wowe ariko urimo abantu benshi🙆

Burya babandi babuze urubyaro...🙆 abakubwe n' umuruho....
n' abagendana umuvumo😲 ubabuza ihirwe mubu*ima😭

Wenda si bose ngo imvano yabyo ni iyo ariko abenshi muribo burya ntuzahanuze umuvuno nuwo😭

Kuko hari ubwo murabo benshi baryamanye haba harimo abafite roho z' umwijima zifite imivumo idakira😢
Iyo mivumo nawe ukayiruhana ubu*ima bwose🙆

Icyo gihe sekibi aba agutuyemo ntahirwe yatuma ugira😭 aba yarakurongoye 😲 akigarurira roho yawe😭 umubiri wawe ugasigara aho ari ubuturo bw' ikibi😒

Ukajya uhora wumva unaniwe🙄 nyamara ntacyo wakoze
Ukajya wirirwa ubunga 🚶ntanakabaraga ukigira 🙅
ukajya urara🛌 utagohetse kdi ntangoyi uriho 🛏️
Ukumva umutima uhora uremerewe 💔

Roho igahora inaniwe kdi💴 ubutunzi💵 bwisi ubwigwijeho💷....💶 nonese ko sekibi aba agutuyemo ihirwe🏘️ warikurahe ?🤔

Yakubohora ate kandi mwarahambiranyije roho mwembi🙆 aba yaraboshye roho yawe
Ubu*ima bwawe bwose ubumara uri imbata ye ntacyanga cy'ubu*ima u*i kabone nubwo waba utunze urenze Mirenge ntiwakigera utunganirwa😭

👉 Umusana mitima,,,

Ngaho utekereza kuri ibi...

Umukunzi wawe yakubereye umwizerwa.
Ariko uhora umuca inyuma😭 ukajya kuryamana nabandi ukagaruka nawe mukaryamana🙄

Ejo nawe za nyatsi warahuye mumihana uba wiriwemo n'izo roho zumwijima n' imivumo yazo uba wiriwe uraruza aho hose uba uvuye uraza mukaryamana nawe ukabimusangiza.😢

Nonese ubwo ntuba umushyinguye⚰️


Ese ubwo uwo ni umutima?😭

Urwo nirwo rukundo umukunda ?

Umukunda rukundo nyabaki kdi uri kumurimburira ubuhingo⚰️😭 uri kumwangiririza roho😒

Ese uko sukwikunda gutuma umuhemukira umuteza iyo mikoshi n' amadayimoni atanazi kdi ari inzirakarengane idafite nakimwe izi 😭 kdi kuko wumva udashaka kumurekura ugakomeza ukabikora?😭 basi wagiye ugira umutima.
Ukababarira iyo nzirakarengane🙏 ko ari umu*iranenge😭

Reka tujye dutekereza kabiri mbere yo kugira icyo dukora

Nukuri ntagakingirizo kazarinda roho zanyu😭

Cyakoze da... burya iyo gupfa yakena...

Kazakurinda ibigwara n'inda zitateguwe byibuze.

Gusa Inama y'inyamibwa naguha nubwo ntayo wansabye...

Uzakunde uwo ukunda ureke kujarajara
Umuhe ibyishimo byuzuye n'umugisha uzabasanga.
uzamubere ijuru rito akugire umwami umubere umwami kazi... ❣️

Mwirinde izo roho z' umwijima zitazabazanira imivumo mubu*ima🙏

Ndumva nagiye kure cyane gusa nizere ko ntarengereye kuko ISI Y' UBU NTICYISHIMIRA UKURI KWINSHI😭

NUKURI SINGIRE UWO NKOMERETSA🙏

...gusa niba ukuze ukaba unasenga mwuka wera akurimo🙄uraza kumva neza ibyo mvuga kurushaho.

Imana ibamperere 🙏 umugisha mwese♥

Iyi nyandiko ntiwibagirwe kuyisangiza abandi 🙏 ngo ubutumwa nk'ubu bugere kuri bose 🙏

Kdi uraba utabaye roho zitabarika
Kenga ukebuke nyabuna niwowe mbwira🙄 tanga umusanzu wawe dukebure abandi Twubake Isi Nziza.

Want your business to be the top-listed Beauty Salon in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Category

Culinary Team

Attire

Telephone

Website

Address

KN15
Kigali