Urwibutso page

Urwibutso page

Share

Meeting of true friends

AHABANZA - 16/11/2024

WIN OR DIE EPISODE 8
Twasize mukecuru yapfuye
Uko bakamugejeje kwa muganga babuze ikintu nakimwe cyaba cyamwishe gusa nanone abaganga birabayobera kuko baba babona uwo mukecuru ashaje cyane kuburyo bibaza imyaka yaramaze
Kelly yageze murugo byamuyobeye arangije afata cya gitabo yakuye kuri mukecuru maze atangira kureba ibyanditsemo asoma ndetse akuramo amakuru yatumye asobanukirwa bimwe mubyo yarari kwibaza kuko igitabo cyavugaga ko imbaraga umwana wavutse agomba kuzarwanya ikibi avukana zituma kitamenya aho aherereye ahari hohose uretse kuba yamutera munzozi ariko ntazatume kimutsinda munzozi kuko apfuye byaba birangiriye kubasigaye kuko isi yose yarimbuka Kenny nuko akomeza asoma ko munsi azumva yiteguye kukirwanya nikimusanga munzozi azakoreshe ubushobozi afit bwo gukontorora inzozi amenye aho giherereye akomeza asoma byinshi bivugako hari ibimera bizirana nicyo kigabo cyitwa zach kuburya cyangirika iyo cyumvise umwuka wicyo kimera gusa umukecuru yanditse ibimera bigera muri 5 ariko byakoreshejwe mu muti watumye gipfa ubushije gusa aba akiri gushaka uzatuma kitagaruka Burundi nuko agiye gukomeza gusoma asanga page 3 zacitse muri icyo gitabo kandi arizo zirimo iyo miti
Kenny yiyemeje ko nubwo atabona iyo minti azakora ibishoboka icyo kigabo ntikizagaruke kuri iyi si kuva uwo munsi atangira kwitegurira kukirwanya nubwo aba yasomyeko igihe adafite uwo muti amahirwe yo gutsinda aba ari 15% kandi umwe muri bo aba agomba gupfa
Ray yabyutse mu gitondo yumva hari icyahindutse mumubiri we nuko ajy kwitegura kujya kwigisha akiva muri do**he telephone y e yarasonnye maze aritaba asanga ni winny umuhamagaye
Winny: bonjour sweetheart?
Ray: winny ushobora kuba wibeshye numero
Winny: oya ubwose ushatse kuvuga iki ? wibagiwe ibyabaye nijoro ukuntu wambwiraga ko unkunda
Ray: atangira kwibuka ibyaraye bibaye koko yibuka abwira winny ko amukunda cyane gusa yibaza impamvu yumva atariwe wabivuze kuko ntarukundo yyumva afitiye winny
Ray yahise amusezera amubwira ko agiye kwitegura adakerererwa baza kuvugana nyuma
Winny aho yararari yibutse nijoro ajya kureba Ray ndetse ray agatangira kumwirukana amubaza icyo aje gukora aho nuko winny aghita amusoma akimara kumusoma ibitekerezo bya Ray bigahita bihionduka agatangira kumva akunze winny
Nuko winny arivugisha ati: ntakintu nakimwe nzakenera kuri iyi si ntazabona nifashishije zach
Nuko winny nawe yahise ava muburir ajya kwitegura ngo ajyemu ishuri
Celine nawe yasezeye kuri belyse ngo ajye kwiga belyse amwifuriza amasomo meza celine akimara kujyenda belyse ahita akora mukabati kigitanda akuramo impapuro eshatu zavuye muri cya gitabo Kenny afite yambuye mukecuru ubwo yari yapfuye
Celine akigera ku ishuri yahise ahura na Ray ndetse Ray aza kumusuhuza ubonako amwishimiye ataramuuhuza ahita abona Winny nawe yinjiye mukigo ahita amera nkuhindutse muri we yumva afitiye urukundo rwinshi winny kuburyo yahise ajyand akamuhobera
Winny: Ray have utiyambika indi sura dore abantu bose barikutureba
Celine we aho yari ahagaze yari yumiwe abona atazi ibiri kuba ariko ntibyagira icyo bimugbwira yigira mu ishuri cyaneko nubundi nt5arundi rukundo yari afitiye Ray
Nuko winny ahita asanga celine aho yicaye atangira kumwongorera arinako batangiye kwiga
Winny: harya ntiwambwiraga ko Ray adashobora kunkunda ubu noneho ndacyeka uri umwe mubahamya burukundo amfitiye kuko wowe ubu ntacyo ukivuze imbere ye
Celine: erega nubundi ntacyo ndicyo imbere ye ntanicyo nshaka kuba cyo kitari umunyeshuri kuko sinjya niruka inyuma yabahungu nkuko ubigenza
Winny: ibyo wavuga byose ndabizi ni shyari kuko Ray namugutwaye kandi rwose ntutegerez ko azakugarukira kuko ubu ndamufite kandi sinzamurekura
Celine: ndacyekako wanamuhaye uburozi ariko kuko ibigaragara Ray ntagukunda kandi niba koko haribindi wakoresheje ngo agukunde umenyeko bitazaramba
Ishuri ryuwomunsi ryararangiye abanyeshuri barataha Ray yicaye murugo atangira kwibaza impamvu yumva ntarukundo afitiye winny ariko baba barikumwe akumva rumugurumanamo akokanya haruwakomanze ajya gukingura asanga ni winny waruzanye ibya nijoro ngo basangire nuko batangira gusangira banaganira igihe cyo gutaha kigeze Ray ashyira mu nodoka winny aramucyura
Winny akigera murugo yahise atekereza ko agomba kujya kureba zach nuko ajyayo barabonana
Zach: urumva wishimye se kuba uriya muhungu ukunda nawe yagukunze
Winny: ndishimye cyane ariko se birashoboka ko yaguma kuriya ameze ubu*ima bwe bwose
Zach : birashoboka ariko aruko unzaniye celine nawe akaza kuruhande rwanjye
Winny: nonese celine natemera kuza byagenda bite?
Zach: celine agomba kuza kuruhande rwacu kugirango twembi uko turi 3 tubashe kuyobora isi ijye mu biganza byacu natemera kuza umwice
Winny:ntabwo nakwica umuntu njyewe ndamubwira natemera ubwo ndamureka
Zach: nubundi ariko wamaze kumwica ntabo u*i nuko zach atangira kumwereka ibyo akora akoresheje umubiri wa winny
Amwereka abantu bose yagiye yica ndetse amwereka ubwo yajyaga kwica wamukecuru
(Zach akimara kugaruka ubwo Celine yahaga amaraso winny , yakomeje gushakisha uwitwa umurinzi w’indanyi zigomba kumurwanya kugirango yice iyavutse kuri iyo nshuro nuko aza kugwa kuri wa mukecuru ahita amwica kugirango atazagira ubufasha na bumwe aha indwanyi nshya )
Winny yabonyeko nubundi ibintu bigeze hanze ariwe wahanwa cyane ko byose bigaragara mu isura ye
Nuko ava aho arakaye abonako agiye kuba umucakara wa zach byiteka ahita ajya kwa celine amuhamagara kuri telephone amusaba gusohoka
Celine yasohotse hanze ategereje kumva icyo winny amushakira
Winny: celine urabizi neza ko njye nawe tutari abantu bansanzwe ariko mbona wowe ushaka kubaho nkumuntu usanzwe
Celine: ntegereje kumva aho uganisha mbwira vuba njya kuryama bwije
Winny: nkeneye ko uza tugafatanya na zach nituba dufite iyi si turi abayobozi bayo tuzakora ibyo twifuza byose
Celinee: ariko njye ibyo nkeneye ndabikora ntabwo nkeneye guhemuka ngo nishime njye ndishimye, ntumbwireko uri gukorana na kiriya kigabo ariko winny uba mu*ima urumva ushaka ku*itwa umwicanyi
Winny: ibyo njye ntabwo mbyitayeho ubu nibwo bu*ima bwonyine nabaho nishimye ndi hejuru yabandi kuko abantu bose baranyanga ntamuntu unkunda abo bose rero bamfataga nabi nanjye ngombe mbibishyure, ahubwo nawe ngwino dufatanye
Celine: noneho niyo mpamvu wakoresheje ubushobozi ufite ugatuma Ray agukunda? Nubwo wabyishimira wishime mugahe gato ufiote kuko ngiye kukurwanya sinzatuma hari inzira karengane ushyira mu bikorw byawe.
Winny: uraza tujyane kuneza kuko nutaza ndakujyana kumbaraga
Celine: winny wikwishuka kuko imbaraga ufite nanjye ndazifite ahubwo dutandukaniye muburyo tu*ikoresha iyo uza kugira amahirwe yo guhura namukecuru ntuba uri gukora ibi ariko yamaze gupfa
Winny: mukecuru wahe se?
Celine: ni umukecuru warindaga imbaraga za se kibi ko zangiza abatuye isi ariko wowe ndabona waramaze gutana ubugugu bwo kuyobora isi bwarakumunze sinteganya ko na Ray umukunda ahubwo nuko mubu*ima bwawe ntarukundo wigeze uhabwa ukaba ushaka umunu ukuba hafi ngo urebe ko agukunda
Winny yararakaye nuko ahita ahindukira asubira kureba zach
Celine nawe ahokujya kuryama yakurikiye winny mu ibanga nuko winny ageze imbere ya zach amubirako Atari bwice celine kuko celine ni amahitamo ye kuza cyangwa kutaza zach yatangiye gukubita winny ndetse anamwambura zimwe mumbaraga afite nuko amukubita ku giti celine ahita aza kubyivangamo asaba zach ko yareka winny niba adashakako we ubwe azamwiyicira nuko celine aterura winny amujyana kwa muganga
Nuko kwa muganga bamaze kumusuzum,a batangir kumutonganya bamubaza impamvu atitwararika kugeza ubwo umwana umuri munda habuze gato ngo avemo nuko yaba winny na celine baratungurwa
Winny se yaba atwite? Belyse we se kuki afite impapuro zavuye muri cya gitabo
Mbibutsako ushaka ibice bikurikira kuriyi nkuru kugeza irangiye wabibona unyuze kuri iyi link
https://thentacostoriesp.com
ndetse hariho nizindi nkuru nziza cyane mwasangaho

AHABANZA - Welcome to your site! This is your homepage, which is what most visitors will see when they come to your site for the first time.

AHABANZA - 05/11/2024

WIN OR DIE EPISODE 6
Celine yabonye ibintu biteye ubwoba ndetse abonako yagize uruhare runini mu bimaze iminsi biba nuko abaza uwo mukecuru icyo yakora ngo ibyo bintu bihagarare
Umukecuru: ikintu ugomba gukora nikimwe gusa hari igikomo zach yambara icyo gikomo nicyo yifashisha aba control akabakoresha ibyo ahaka niyo mpamvu mubyuka ntakintu mwibuka rero nubaha kukamukura mukuboko ntazabasha kongera kuba control uko yishakiye
Celine: nonese nzabasha kukamukuramo gute kandi aba ariwe uri kudukoresha ,ubundi se wowe urinde u*i ibi bintu byose
Umukecuru yaramubwiye ati :mana wanjye wowe wizere imbaraga zawe kandi kuva waje hano bimwe nabimwe uzajya ubyibonera namaso yawe biza rero ntu*igire impumyi ahubwo uzakore icyo ubona ari ukuri
Kenny yagiye mukabari nuko aranywa arasinda nuko umuserver abona telephone ye isonnye arayitaba yari belyse umuhamagaye nuko umu server umubwirako byaba byiza aje akamutwara akanabishyura kuko ysinze cyane belyse waruri kumwe na mama celine murugo nuko ahita abwira aunt we uko bigenze maze arahaguruka ajya kuzana umukunzi we.
Uko yakageze mukabari yatangajwe nukuntu Kenny yabaye kandi mubusanzwe atajya asinda nuko yishyura ibyo Kenny yakonsomye nuko aramucyura amaze kumuryamisha amuguma iruhande aba ariho asinzirira .
Mugitondo kare belyse yazindutse ategura ibyamugitondo nkibisanzwe nuko Kenny nawe uko yagakangutse yumvise umutwe umurya cyane ariko ahita yumva umuntu uri kukubita ibintu mu nzu abyuka agiye kureba kuko yumvagako ntawundi uretse belyse
Kenny: bjr my gf
Belyse: bjr Kenny?umeze ute se cyena wi brose uze ufate ibya mu gitondo
Kenny:umpamagaye mu izina nakoze iki se kandi?
Belyse: mukanya niwibuka ibyo wakoze urumva ko nagombaga kubikwita ngaho jyenda uze ufate ibyo naguteguriye bigishyushye
Gusa Kenny akimara kujyenda belyse yahise areba nkuhangayitse cyane maze ahita areba mugakapu ke akuramo kagapapuro kariho amerekezo yaho wamukecuru atuye nuko belyse ahita agafotora ajya mucyumba asubizayokagapapuro maze araza ategura ameza

Winny nawe yarabyutse muri icyo gitondoabona ntacyabaye noneho ntamaraso aba afite ariko yongera kwibuka amgambo RAY yamubwiye agahinda kakarushaho kumwica bisankaho yari yamukunze yongera kwibuka nuko muri class yamubwiye atangira kwibaza niba koko RAY amwanga ariko yiyemeza ko agiye kwitwara neza kuburyo azamukunda maze rambara ajya kwiga
Na celine nawe yakangutse abona ntacyabaye ndetse ntanamaraso aba amuriho nawe yibaza uko byagenze ariko ntiyabitindaho ajya ku ishuri celine ari hanze yahuye na Ray
Ray:bite harya witwa nde njya nkubona mu ishuri ryanjye?
Celine: yego uranyigisha nitwa celine
Ray na celine bakomeje kuganira biraho nuko winny abacaho arababona nuko atangira klurakarira celine ngo atangiye kwikurura kuri RAY
Amasaha yo gutangira yarageze nuko celine atandukana na Ray binjira mu ishuri
Nuko winny atangira kubonna Ray aha attention nyinshi celine ibyo bibabaza cyane winny no kwiga bikanga agahita asohoka nuko celine akabibonanawe agahita amukurikira
Celine:winny kusigaye ukunda gusohoka cyane bite byawe?
Winny:kuva ryari se usigaye umbarira igihe ngomba gusohoka cyangwa ngomba kuuma mu ishuri ariko ubundi profrssor Ray uramushakaho iki wamuhaye amahoro ko atagukunda
Celine: ngwiki uriya se aje ate mubiganiro byacu? Aaaahhhh ese burya wasanga umukundaukaba warakajwe nuko watubonanye mugitondo erega nakubonaga umujinya wandebanaga sibyari gusa
Winny yahagurutse arakaye asunika celine hafi kumutura hasi nuko ahita anataha ntiyategerezako class irangira mu ijoro ryuwo munsi celine na belyse biyemeje ko nubundibatari buryame bataramenya ikibamu ijoro biyegereje ibintu byose bituma badasinzira ikawa,amazi nibindi bigenda bibarangaza
Nuko belyse uko yagakomeje ari kubwira inkuru celine abona celine ntabuja mbese urakanuye ntasinziriye ariko ntanyeganyega amumenaho amazi ariko biranga akomezaamusunika ngo arebeko agaruka wap
Celine yisanze muri rya shyamba abona ahagaze imbere ya zach atangira kubaha amabwiriza yahoo bagomba kujya bakica abantu bose bahasanze celine abona undi muntu bahagararanye mu ishyamba ni winny ariko we ameze nkigishushungwa nuko celine areba cyakigabo kukuboko abona igikomo yambaye nuko cyakigabo gitangira kumwegera kimubwiraho kibabwirako bagomba kwica abantu benshi barenze umubare abubushize uko cyakamwegereye celine yahise akurura cyagikomo maze cya kigabo zach gihita gisakuza cyane
Celine: kumbi iki nicyo wadu controlegamo arebye abona harimo akantu harimo amaraso yabo wena winny na winny nawe yahise agarura ubwenge rebye aho yisanze aratungurwa kuko nubwambere aba ahabonye mubu*ima bwe nuko celine ahita abwira icyo kigabo ko kitozengera kumumenesha amaraso nubwo aricyo bakomokaho ko azakora ibishoboka akacyiyicira .
Nuko celine ahita asohoka mwaho ariko asohora na winny biba byayobeye nuko celine ahita agaruka mu mubiri we mucyumba aho belyse yari
Belyse :bigenze bite we wampabuye warubayeiki
Celine: cya kigabo cyari gisubiye kudukoresha ariko mbashije kumwikuraho ntazongera kunkoresha ibyo ntashaka na winny musohoye muri iryo shyamba
Belyse:ubwose nticyabakurikira
Celine:oya ngo bitewe numuti bagiteye ubushize gipfa ntabubasha gifite bwo gusohoka muri iryo shyamba kidafite amaraso yacu cyangwa ngo kibe kiri mumubiri wumuntu ubwo rero ntabwo gisohoka hariya .

Winny uko yakageze hanze yatekerejeho gato arangije arongera aragaruka muri rya shyamba asanga cyakigabo cyarakaye cyiri kuvunagura ibiti
Winny:ntabwo nzi impamvu uri hano nimpamvu wadukoresheje kugirango turwanye bagenzi bacu
Zach:mwe ntabwo muri abantu muri nkanjye ntaho dutandukaniye kuko mufite amaraso yanjye muri mwe rero igihe ikiremwa muntu kizabamenya bazabica urwagashinyaguro mwicuze impamvu mutanyumviye rero mubitkerezeho muze dufatanye ibyo mwigira ntacyo mwageraho mutamfite

Winny:ndashaka ko twumvikana ukamfasha nanjye nkagufasha hanyuma twembi tukunguka
Zach:mbwira icyo ushaka ko ngufasha

Winny se arashaka kumvikana iki na zach?

Mbibutsako ushaka ibice bikurikira kuriyi nkuru kugeza irangiye wabibona unyuze kuri iyi link
https://thentacostoriesp.com
ndetse hariho nizindi nkuru nziza cyane mwasangaho

AHABANZA - Welcome to your site! This is your homepage, which is what most visitors will see when they come to your site for the first time.

SECRET VOICE EPISODE15 - 02/11/2024

SECRET VOICE EPISODE15 - Duherukana hari abasore Bonheur yaraje iwe ndetse Allan muri gereza yari yabuze umuvandimwe hagati aho haricyo yarabonyeEpisode yuyumunsi turayitangirira kuri Bonheur Ni mugitondo ari gutegura ifunguro ryigitondo akiraho yumva hari …

AHABANZA - 30/10/2024

WIN OR DIE EPISODE 5
Kenny yakomeje sport ageze murugo ahasanga belyse atetse
Kenny: yegoko u*iko unanze wageze hano ryari kutampamagaye
Belyse:ubuse nzajya ndindira kukubwira buri uko nje hano koko nari nanze kwigumana murugo celine yagiye ku ishuri nuko nza kukureba nawe nsanga wagiye muri sport noneho nturi bunansuhuze
Kenny:nukuntu nsa koko waretse nkabanza nkakaraba
Belyse:oya ngwino unsuhuze uko umeze ntakibazo
Kenny yaraje aramusuhuza nuko akomereza muri do**he abanza gukaraba abona kugaruka arinako ibya mugitondo bihiye nuko yicaraa na belyse basangira
Kenny:u*iko nongeye kurota za nzozi buriya nazindukiye muri sport ngo ntunganye ubwonko bwanjye ariko ziri kuntera ikibazo pe
Belyse: oya se uri gutuma nanjye zimpangayikisha pe nonese uriyumvamo ko ari nkibigiye kuba?
Kenny:cyane ndi kumva ko atarinzozi gusa nkibaza kuberiki arinjy uhora u*ihora mpuriye he nazo noneho nareba abantu bamaze iminsi bapfa nkumva ngize ubwoba pe
Belyse: nonese dukore iki koko?
Celine nawe aho ari mu kigo ari guhiga ko yabona aho winny yaba yagiye akamubaza ibyicyo gitabo yazengurutse amuhiga ariko aramubura ndetse ajya no kumushakira iwabo ntiyamubona nukoabonye amubuze arataha ariko amwandikira message amubwirako yashaka uko baza kuvugana celine arataha uko yagatashye akomeza ategereje ko winny yamuhamagara ariko bwira ataramuhamagara niko na belyse yatahaga avuye kwa Kenny asanga celine byamucanze
Celine nawe arebye belyse abona nawe ntari hafi
Celine: ariko se ntiwanambaza icyo nabaye ubu ntubona ko ntatuje?
Belyse : nanjye sintuje rwose pe kko kennye ntameze neza ari kumpangayikisha
Celine:ntameze neza se yabaye iki?
Belyse:ari kurota inzozi mbi gusa ngo abona ikintu kmwirukankana gishaka kumwica kandi amaze kubirota inshuro nyinshi cyane pe
Celine:wasanga arinzozi gusa ariko sinzi impamvu wahangayitse
Belyse: nanjye niko mbere nabitekerezaga ariko siko nkibibona harikindi zisobanuye , wowe se wabaye iki niki kiguhangayikishije?
Celine: nasanze winny afite igitabo nkicyanjye none ndibaza niba koko aricye nkaba naramuhaye amaraso ntaragombaga kuyamuha ibi bibazo byose biri kba akaba arnjye wabiteye ?
Belyse: wamubajhije se niba igitabo aricye?
Celine:namubuze pe umunsi wose namuhize ndamubura na telephone ntari kuyitaba rero sinzi icyo gukora
Belyse: wishyushya ubwonko wasanga ataricye ahubwo reka jya kuryama uruhuke
Celine yagiye kuruhuka koko uko yagasinziriye yongera gukanguka yibonaho amaraso ariko ntibyamukanze kuko yaratangiye gukeka ikibitera arabyuak arkaraba ariko yiymeza kumenya ibiba mu ijoro bituma abyukana maraso buri gihe ijoro ryakurikiyeho afata umwanzuro ko aza kurarana na belise bakarara bakanuye ntihagire usinzira bakomeza kurarabaganira basoma inkuru ngo bataza gusinzira ariko uko bwagakeye basanze basinziriye btazi igihe basinziriye ariko nubundi celine nanone aba afote amaraso
Kenny nawe uko yagakangutse yakangutse abona yakomeretse kukuboko kandi yarotaga nawe yumva noneho inzozi asigaye arota akabyuka yakomeretse bitoroshye arabyuka ngo agiye gufura nuko akozemumufuka wipantalo yumvamo agapapuro aragafungura asanga ni kakandi wamukecuru yamuhaye nuko agashyira kumeza yo muri solon asubira gufura
Celine nawe yarabyutse ajya ku ishuri nuko aba abonye winny aho yari yicaye ajyenda amusanga nuko amwicara iruhande
Winny: wowe se ko unindukiye uranshakaho iki?
Celine: ndashaka kukubaza ikibazo kimwe ubundi nkijyendera ?
Winny: ndamutse ntashaka ko umbaza se?
Celine: ntabwo ndi bukureke rero ndakuguma iruhande mpaka unsubije
Winny: ariko se mwampaye agahenge nkamwe koko mbaza ibyo umbaza umve iruhande?
Celine yamweretse cya gitabo amubaza niba aricye winny nawe ntagushidikanya amusubizako atazi umunyeshuri wagitaye mu ishuri nuko ahitamo kugifata akajya acyisomera cyane ko gifite inkuru ishishikaje
Celine:winnywimbeshye iki gitabo ntabwo ari buri muntu upfa kugitunga
Winny: ariko se ko ubiraklariyemo uragishaka nkiguhe cyangw haricyo usanzwe ukiziho udashaka kuvuga
Winny ahita amucapuza cyagitabo nuko arahaguruka amusuga aho
Celine nawe ariruhutsa ati: nizereko koko ambwije ukuri ataricye .
Mugihugu ho amakuru aracicikana abantu bari gupfa buri munsi abandi bkarwara ibiryara byadutse bitaramenyekana ikibitera ariko ko hakomeje gukorwa iperereza hakamenyekana ikibitera gusa na winny naw aba akiri mugihirahiro yibaza ibiri kumubaho niba koko aruko celine yamuhaye amaraso ariko akaba atarasobanukiwa nimpamvu yaba ari celine kibazo ubwo uko yakabitekereje yatangiye gusinzira mu ishuri nuko ashiduka harumukozeho abona ni RAY lecture we ahita amubwira ati niba muba mwaraye amajoro mudasinzira ntabwo mu ishuri ryanjye ariho basinzirira ubutaha sinzongere kubona usinzira mu ishuri ryanjye
Winny yahise asohoka ababaye ajya kwicara hanze gato ngo ibitotsi bishire abona kugaruka kwiga
Kenny amaze gufura yafashe inzira ajya kureba wa mukecuru ngo amubaze impamvu yamubwiyeko ibiri kuba mubu*ima bwe nibimucanga azajye kumureba nuko ahagezeasnga umukecuru yari yiteguye nubundi ko ari buze nuko Kenny atangira kumubaza impamvu yamubwiye ngo azaze kumureba
Nuko umkecuru amubwirako amufitiye amakuru ndetse ninshingano nshya ati: mwana muto mu mateka yiyi si habayeho ibihe bibi aho ½ cy’abatuye isi barimbutse barimbuwe numugabo witwaga zach yakoranye nimbaraga zikibi kuberako yashakaga kuyobora isi kugeza nubwo yishe uwari umuyobozi we wamuhaye izo mbaraga maze zach asigara kuntebe aba umuyobozi wimyuka mibi rero yakomeje kugirira nabi ikiremwamuntu nibwo haje kujya habaho indwanyi igomba kujya irwanya zach igihe cyose yagarutse ariko nubu ntiturabona ikintu kizatuma ajyenda burundu nanajye maze kunanirwa ibo byose rero byabaye ndiho sinziko hari izndi ndwanyi nzabasha gufasha niyonubwo mbona uri muto ariko iwowe ndwanyi yahiswemo kuzarwanya zach kuko ubu tuvugana yamaze kugaruka nibyo byaha bimaze iminsi bikorwa ariko kuriyi nshuro ntambaraga nyinshi afite ahubwo akoresha abakobwa babiri bakomoka kubasekururuza babo bafashwe kungufu na zach igihe mu myaka 250 ishize
Kenny byaramucanze abona uwo mukecuru yasaze yibaza ukuntu umutu yabahoimyaka irenga 250 agirango umukecuru arabikoresha nubusaza nuko Kenny ahita amubwira ati: mukecu urananiwe cyane banza uryame uruhuke
Nuko Kenny arasohoka aritahira atangira kwibaza impamvu yanaje aho kumva ibyo yarari kwita amateshwa kuko atumvagako ibyo bintu bishobora kubaho
Dukomereze kumugoroba celine ari munzira nawe ahura nawamukecuru nuko umukecuru aba aramubwiye ati: mwana wanjye nzi ibimazeiminsi bikubaho nziko utanabisobanukiwe ariko niwowe wabitangije byose nizereko imbaraga ufite utazazikoresha nabi
Celine: nonese mukecu ninjye uri kuwira?ibyo unziho se nibiki
Umukecuru:impamvu ubyuka ufite amaraso buri gitondo
Celine: mukecu nsobanurira neza ibyo ubizi gute ?
Umukecuru ymusabye kumukurikira nuko amujyana muri kakazu abamo amwereka uru*iga rwibyatsi aryamamo nuko amuba ibintu bias icyatsi anyway nuko amutegeka kuryama muri icyo kiziga niba ashaka gusobanukirwa byose , celine yatangiye gushikagurika ndetse ahita akanguka yakutse umutima bitewe nibyo yabonye munzozi byamukanze nuko umukecuru aramubwira ati hari icyo wakora niba ushaka kwivana muri biriya bikorwa

Niki se uyu mukecuru asaba celine gukora?
Mbibutsako ushaka ibice bikurikira kuriyi nkuru kugeza irangiye wabibona unyuze kuri iyi link
https://thentacostoriesp.com
ndetse hariho nizindi nkuru nziza cyane mwasangaho

AHABANZA - Welcome to your site! This is your homepage, which is what most visitors will see when they come to your site for the first time.

AHABANZA - 25/10/2024

EPISODE 4

Uko bwagakeye celine asinziriye ahita ashigukira hejuru nkaho arose inzozi mbi ndetse abona bwakeye ava muburiri akivamo abona imyenda yose yambaye yuzuye amaraso na winny nawe aho arwamye abona yuzuye amaraso mubiganza ndetse nimyenda yambaye bose bahita bavugiriza induru icyarimwe.
Uko Belyse yakumvise celine avuza induru yinjiye mucyumba yiruka ngo arebe icyo celine abaye asanga celine yuzuye amaraso ahantu hose maze belyse ahita afunga urugi ngo hatagira uwinjira agasanga celine ameze gutyo nuko bumva mama wa celine asohotse mucyumba maze belyse yohereza celine muri do**he asa numuhisha ngo nyina atamubona ahita afata n’amashuka celine yarayeho kuko nayo aba ariho amaraso arenzaho couvrelit nuko nyina atangira gukomanga kurugi rwa celine amubaza icyo abaye gitumye asakuza
Belyse ahita amufungurira amubwirako aruko yarose inzozi mbi zikaba zimukanze ariko ntakindi kibazo gihari wihangayika ubu agiye no gukaraba
Mama celine: niba aribyo ntakibazo nari ngize ubwoba
Nuko ahita akata yisubirirayo
Celine yagumye muri do**he byamuyobeye ibyamubayeho arakaraba arasohoka
Belyse: celine byagenze bite ngo ube wuzuye amaraso bne aka kageni?
Celine:bely uko ubibona nanjye niko mbibona ubuse ngusubize ko aya maraso nayavanye he ndumva ntanikintu nakimwe nibuka mumutwe wanjye ubundise ntaha ntayo nari mfite?
Belyse: wampamagay embwira ngo turyame ntitugutegereze rero sinamenya ngo watashye umeze ute ?
Celine: belyse ndabigenza nte koko kandi narebye nea ntahantu nahamwe nakomeretse meze neza ?ngomba kumenya icyambayeho nuko ntazi aho ndi buhere icyo ibuk nuko umuntu wanyuma twahuye ari Charlie nanamusezera mubwirako ntashye ndabyibuka.
Winny nawe aho ari arabona yuzuye amaraso atazi aho yaturutse agerageza kwibuka ibyabaye mu ijoro ryahise ariko ntagire ikintu yibuka.
Akokanya Belinda murumuna we yinjiye ita afunga ariko kubwamahirwe winny yari yamaze gukuramo yamyenda irimo amaraso
Winny:ariko wowe uri umusazi ninde uguha uburenganzira bwo kunyinjirira uko wiboneye
Belinda: ibyo ujye ubimbwira igihe ufite gahunda yo kutarara hano(arebye kukuboko abona aho bamuteye urushinge) wabaye iki kuki baguteye urushinge ?nutabimbwira ndabibwira mama kandi urabizi icyo ari bukore.
Winny: ejo bundi narakometese nuko biba ngombwa ko njya kwamuganga
Belinda:ntu*iko utagomba kujya kwa muganga uko wiboneye ubwo se baramutse baguhaye amaraso
Winny:ntabwo ngomba guhabwa amaraso se u*iko wagirango ndi nkivampre nawe ntugakabye
Belinda:ariko u*iko koko ntakintu witaho cyangwa shn impano yigitabo mama yaguhaye ntabwo wigeze ugisoma ?ntabwo wagisomye ariko wabaye ute winny uzatuzanira ibibazi nubwo nasomye nanjye kiriya gitabo klitandeba ariko wowe uri ikindi kindi urumva mama yari kuguha igitabo kidafite icyo kimaze
Winny: kiriya gitabo se gifite iki kidasanzwe ?
Belinda yarahagurutse amuhereza cyagitabo ndetse ahita amufungirana mucyumba amubwira ko asohokamo aruko yarangije kugisoma
Winny yatangiye gusoma icyo gitabo koko ngo areba ibikirimo bidasanzwe
Belyse nawe yafunguye telephone ahita abona amakuru yuko mu ijoro ryahise muri gare ngo haraye hiswe abantu 500 ariko bakaba batazi icyabishe
Nuko belyse ahita areba celine nubwoba
Celine: nizereko ntabikoze ariko ntabwo yaba arinjye kuko naba mbyibuka kandi sibigeze ngera muri gare
Belyse:ubuse turamenya byakugendekeye bite koko cyangwa ibyo cyagitabo kivuga ni ukuri koko
Celine: belyse mfasha wintera ubwoba pe ahubwo reka njye ku ishuri nkaho ntacyabaye sinshaka gukomeza kubitekerezaho dore uyu munsi turtangira isomo rishya
Celine yageze ku ishuri ari kwinjira ahurira mu muryango na winny
Winny: ko utinjira wamucungu*i we ukandeba?
Celine: winny sindi muri mood yo gutongan nawe rero ntunshotore
Celine ahita atambuka ajya kwicara ninako amasaha yo gutangira ishuri ageze nuko umwalimu warugiye kubigisha iryo somo aba arinjiye winny amukubise amaso aratungurwa kuko yasanze ari wamusore bigeze kurarana yumva arihimye kuko yatekerezaga ko atazongera kumubona
Isomo ryuwo munsi ryararangiye nuko barasohoka winny yasohotse yihuta akurikiye uwo mu lecture we uko yakihuse cyagitabo cyavuye mu gikapu cya winny kiratakara Charlie ahita agitora kko yabonye winny agita
Winny uko yagakuikiye lecture we yahise yibuka izina rye ko yitwa RAY ahita muhamagara mu izina nuko RAY nawe arahagarara
RAY:Bite ko uri kunkurikira ?
Winny: ray narinziko ntazongera kukubona none ndishimye kuba nkubonye
Ray: njye nawe turaziranye se ko mbona arubwambere nkubonye?
Winny: turazuranye twahuriye mu kabari ari nimugoroba
Ray: oooh ui muri baba kobwa barara mukabari am sorry ntabwo nkwibuka kandi sinamenyana nabakobwa bameze nkawe byaba yiza utongeye kumpagarika umbwira ubusa
Ray yahise akomeza aragenda winny nawe asigarana agahinda kuko Ray amufashe nkindaya nuko ahindukira yihanagura amarira maze ahita akubitana amaso na danah warumuzaniye cya gitabo amucaho arakomeza , danah nawe arebye ukuntu ameze abura ubwamuha cyagitabo akokanya celine yahise amusanga aho amubaza impamvu ahagaze hanze
Danah:ni winny utaye iki gitabo mukurikiye ngo nkimuhe mbona atandukanye na wa mulecture uri ku twigisha arira sinzi icyo abaye
celine yarebye igitabo dannah afite abona gisa neza neza na cyakindi nawe afite nuko ahita acyambura dannah amubwirako ari bugihe winny cyane ko nubundi yaragiye kumureba
celine yatangiye guhinda umushyitsi mumubiri we ubwoba buba bwinshi atangira kwibaza amahano yakoze niba koko yarahaye winny amaraso kandi nawe aturuka muri bwabwoko bababujije kwegera ahita yibuka ukuntu yabyutse yuzuye amaraso maze ahita yiruka akurikiye winny ngo amenye neza koko niba icyo gitabo aricye
tugaruke kuri Kenny boyfriend wa belyse aba ari muri sport nuko abona umukeuri bari munsira imwe ataye utubuto yaravuye guhaha nuko Kenny arunama amufasha kudutora wamukecuru wari wubitse umutwe adutoragura yubuye umutwe ngo arebe umuntu umufashije gutora utubuto twe anamushimire uwo mukecuru twe turamu*i ni wawundi waruriho kubwababakobwa babiri bafashwe kungufu umwe waruri muri iryo shyamba nyuma yimyaka myishi yatambutse aracyariho kandi arakomeye
uko uwo mukecuru yakitegereje Kenny mumaso yarikanze maze aramubwira ati: mwana wa urakoze cyane ariko ufite inshingano nyinshi zigusumba kandi zikureba niwumva haricyo udasobanukiwe mubiri kuba mubu*ima bwawe uzaze undebe nuko amuhereza agapapuro kariho ahantu atuye
Kenny aragafata nuko asezera kuri wa mukecuru ,
Umukecuru yarebye Kenny arenga nuko aravuga ati: kumbi niwowe mutabazi wacu nahoze mpiga narabuze igihe cyawe cyageze umwanzi wikiza yagarutse

Kenny se niwe ndwannyi nshya ihari yo kurwanya ikibi?uyu mukecuru ni muntu ki ubaho ibinyejana? Dusubire muri episode ya 5
Mbibutsako ushaka ibice bikurikira kuriyi nkuru kugeza irangiye wabibona unyuze kuri iyi link
https://thentacostoriesp.com
ndetse hariho nizindi nkuru nziza cyane mwasangaho

AHABANZA - Welcome to your site! This is your homepage, which is what most visitors will see when they come to your site for the first time.

24/10/2024

MOANA STORY

Dutangirana n’umunymakururu wo ku kinyamakuru cyitwa U & I TV
Umunyamakuru : Rwose ubungubu ubundi mubusazwe ngira ibibazo byinshi ariko uyu munsi sindizera ko ndi kumwe namwe muri studio gusa muranyihanganira haba kubari gukurikirana iki kiganiro cyangwa umutumirwa wacu w’umunsi kuko biba bigoye kuba wabaza umunyu ufatiraho icyitegerezo uwo nakwita role Modal gusa ntakibazo ndumva watangira wibwira abari gukurikirana televition U & I
Umutumirwa: amazina yange ni Doctor Moana Keza Karmel
Umunyamakuru: Oky Doctor Moana urabizi muri yi minsi hari urubyiruko rwinshi rutigirira icyizere cyangwa ngorukunde gukora ubdundi niyihe ntama warugira
Dr Moana: inama naha urubyiruko nuko rwakura amaboko mu mufuka rugakora kuko akazi kabi kazanisha akeza ikindi kandi uwe ubwe niyishiramo ko ntacyo ashoboye amenye ko ko nubuni ntacyo azageraho we ubwe niyiyumvemo ikizere kuko gushaka nu gushobora kdi gushobora n’ugukugerageza rero ntibivuze ko atazahura n’ibimuca inege cg imbogamizi ariko we ubwe azafate izo mbagamizi zimwuka zimuzamure aho kugirango zimusubize hasi we yite kw’inumbero y’ibyo ashaka kwachivinga bizamukomeza ubundi ibimusubiza inyuma ntazabihe umwanya cg agaciro kuko mu bu*ima ntabwo ibintu byose biba biri ku murongo.
Umunyamakuru: oky tudatinze hano twagutumiye tugirango utubwire story y’ubu*ima bwawe uburyo wakuze uko wavuyemo umuntu ukomeye noneho wagatangaza kuburyo abantu bose bagutangarira bibaza ukuntu umunyu yaba ari umudoctor ukomeye ndetse akaba numunyamideri ukomeye muri make biratangaje akaba ari nayo mpamvu twagutumiye ngo uvuge inkuru yawe ndabizi hari benshi iri bubagirire umumaro
Dr Moana: aha oky ubundi reka mbatangire ku buryo nisanze ubu*ima bwange bwahindutse mu kanya kamwe ubundi byose nabyita ko ari inkuru y’urukundo.
Ubundi mbere sinizereraga mu rukundo, abantu benshi ntibajya bizerera mu rukundo bitewe nibyo babona ibyo inshuti zabo zaciyemo cyangwa kuba babona ko nta bantu bo kwizerwa bakibaho ,bakiyumvishakako ko urukundo ntarubaho nanjye nahoze mu rabo batizeraga ko urukundo rubaho bitewe naho nakuriye aho nakwita navukiye.
Ese nangirire he? Aho navukiye cg aho inkuru y’urukundo yange yatangiriye.
Reka nangirire aha

Dutangirana n’umukobwa uri kugenda munzira yambaye ekuteri (Headphone) yumva indirimbo zituje arinako agenda yiruhutsa ariko anaseka arebye ku ruhande abona ahantu hari coffee Shop ahita agenda yaka agakawa atangira kunwa ari nako atangira kwibwira ati ahita atangira kwibuka ari kumwe n’undi mukobwa
Moana: Dinnah namaze gufata icyemezo ubu niki gihe sigaranye kuko nabuze uwo duhuje buri kimwe kuburyo yampa nibura ibyiko imwe ubu*ima bwange bukaba bwakomeza(abivuga amarira ari mu maso ariko arenzaho areseka)
Dinnah; Moana ariko kuki Imana yakwemera ko bino bintu bibaho ibaze ko ari uri mu badogiteri batabaye ubizima bwa benshi ariko dore wowe wabuze nicyo wakora kandi ari wowe watumaga nibura abandi bigirira icyizere cy’ubu*ima (nawe abivuga afite agahinda) koko isi ni isi pe. (Moana arahigima)
Dinnah: ariko na none ndumva igitekerezo cyo kujya mw’isi yo hanze ukayikoramo nacyo kidashimishije pe ndumva ntagushyigikiye kuri cyo.
Moana(arabanza araseka): Dinnah ndabizi nigikorwa cy’ubusazi ariko mu gihe ntacyizere mfite cyo kubaho reka nibura nange nigire mwisi isanzwe aho nahora mfite time table y’umunsi yaho ubu*ima bwange buhora buri kumurongo meze nkaho nta gihinduka mbona mu bu*ima ahubwo nange ngende nibura nishimishe nta zindi control zindi ku mutwe nege bisi, nkore muri biro nkabandi nyine mbeho ubu*ima butuje budafite stress, hagataho ndagushimira ku kazi wamboneye.
Dinnah urabizi turi inshuti yego nabikoze ntabishaka ariko nyine nawe ibyo ukora byose simbyitayeho buri weekend keretse ninzaba mba mfite Date ugomba kujya uza tukarya isi nkibisanzwe.
Moana; Uramfite rwose.
(Moana amaze kwibuka ahita ahaguruka ariruhutsa aravuga ati> Moana arakomeza aragenda ahagara imbere y’inyubako mbere ari nako afite ya coffee mu noki arebye kwi saha ahita yikanga yinjira yihuta ahita agongana n’umugabo ikawa ikawa ye ihita imeneka
Moana; Umva wa mugabo nimba uri n’umusore simbizi wowe urangonga ukamenera ikawa ubundi ugahita ushaka gukomeza nkaho nta cyabaye
Uwo mugabo (atunguwe yanumiwe): ariko mbere nambere ukorera hano?ukaba ugeze mu kazi utinze uri no kunywa (uwo mugabo ahita azunguza umutwe)
Moana:yego ndu mukozi mushya,ariko kuba nakererewe cyangwa natinze ndumva ibyo ibyo bireba ngewe( Uwo mugabo ahita yikomereza aragenda moana ahita ajya muri biro ya Manager)
Manager:Moana ko wakererewe ku munsi wa mbere?
Moana: Eric urabizi ubu bu*ima nawe simbumenyereye nagiye muri buss babwira ko nta access bafite kuri card yange ngiye no kwishyura kashi nsanga ntayo nagendanye nyine urebye n’umugiraneza wangiriye impuhwe ankorezaho mbona uko nza.
Eric: Moana kuki utabwiye umushoferi wawe se ngo akuzane
Moana: wenda Dinnah ntabwo yabikubwiye neza gusa ubu ndashaka kubaho meze nkaho ubu*ima bwange bwimenyera ntabyo kunwara cg ngo abantu banegurire gahunda y’umunsi kandi kubera ikibazo mfite nange ntabwo ndi cosatre neza kuburyo nakwitwara nigihe nsigaje noneho nakora impanuka nigihe nari mfite kitararangira.
Eric: I know moana gusa pe no kuva kera wahoze uru musazi pe nonese iyo ufamfa mu mafaranga yawe menshi ugira ukigira muri trip wenda byari bukuruhe mu mutwe ukanaryoshya biraho ntakwivuna
Moana: u*iko utanzi neza koko gusa sinakurenganya dore akazi kari karanwaye gatuma ni shuti zange zo kuva kera tutakivugana gusa ibintu bya trip nibyo ntashaka pe kandi na none ndashaka ikintu kizajya kinwara umwanya nkagihugiramo, muri make ndashaka gukora bimwe mu bintu nifuzaga gukora kera nari narabujijwe gukora.
Eric: ndabizi ni kuva kera wakundaga ubintu bya design pe nge ngaho reka nge kuguprezata abandi bakozi nkwereke na groupe uzajya ukoreramo
Moana: urabizi nakuze ababyeyi bange aribo bamitiramo ibyo gukora ngaho tugende mbarebe nangire (Eric yaragiye amuprezata abandi bakozi amwereka n’abandi bazajya bokorana amwereka naho azajya akorera design ze)
Moana yatangiye gukora akazi yishimye amasaha yegereje gutaha hahise hinjira wa mugabo bagonganye arikumwe n’undi mukobwa abakozi bose bahita bahaguruka moana agumya yicaye bageze imbere ya moana uwo mukobwa ahita avuga ngo Brown wait (wa muhungu kumbi yitwa Brown) undi mukobwa wari wegeranye na Moana ahita abwira Moana ahagaze ngo nahaguruke
Moana: kubera iki ngomba guhaguruka mpagurikira ikise habaye iki?
(ariko brown na wa mukobwa binjiranye bamureba, ako kanya manager |Eric aba araje)
Eric: Melisa sorry (uwo mukobwa uri kumwe na brown yitwa melisa) munyihanganire amakosa nayange utabwiye Moana uko muri yi company twitwara gusa wenda habayemo ikosa gusa nu mukozi mushya mutwihanganire.
Brown: kumbi witwa Moana turongeye turahura hhhh biratangaje
Eric: Moana sorry Uyu ni Brown CEO wiyi company naho uyu Ni chr we Melisa nibo bantu bambere bubashye muri yi company ndabizi wenda biraza kukugora kubimenyera gusa ni gutya isi yacu imeze.
Melisa: Eric rero ugomba kumenya uko ukora akazi kawe nuko ugomba gutoza abakozi ukabigisha nicyo nikinyabupfura ariko se ubundi uyu mukobwaazabasha gukora akazi ko gukora imideri kandi nawe mbona atazi kwiyambika nka banyamideri ubundi se baby ko wavuze ngo mwongeye guhura muraziranye.
Moana: sinyeka ko ikibazo cyuko nambaye haraho gihuriye nakazi kange kuko uko nambara byo nubu*ima bwange bwite ntaho bihuriye n’akazi pfa kuba ntambaye ubusa (abandi bakozi bose baratangara Melisa ahita arakara)
Melisa: Uziko nta soni ugira gute mvuga ukamvugiramo
Moana: ohhh God nagirango mwavugaga mushaka ababasubiza nabonaga murabantu bakuru kuburyo mutwakwivugisha pe niyo mpamvu nabasubije banyakubahwa, ngaho boss Brown sorry kubwa kare urabona ntabwo nari mbazi kandi nubundi nge ibi bintu ntabwo mbimenyereye gusa ndabizeza gukora akazi kange neza nta rindi kosa pe kdi ndiyizeye nage ndu muhanga (ubwo abandi bakozi bari bumuwe melisa agiye kuvuga brown ahita amubwira ari guseka ari nako areba Moana ameze nkuwatunguwe cyane)
Brown: Melisa chill twigendere ibi bireke kudutesha umwanya
Melisa: Yes Baby (ahita yegera Moana ahita amubwira amwongorera ngo umenye ko nge nawe bitarangiriye aha ahita amusekera ahita avugira hejuru) brown twagenda noneho.
Eric: Moana ngwino muri biro tuvugane (moana amusanga muri biro)
Eric: Moana ariko bwira wabaye ute u*iko uwo wavugishaga ari girlfriend wa boss wawe u*iko yakwirukananisha
Moana; nimba ari na zafiance wa boss simbyitayeho ubwo Atari manager cg supervisor akaba Atari n’umukozi muriyi company ubwo ntacyo aricyo naho biriya nabonye byo kubahagurukira usibye ko ntanimbaraga mba nifitiye naho nubundi nabo nahagurukira nubundi.
Eric:cyakoze uburyo boss yakurebagamo ntibisanzwe kandi nta numukozi ubundi ajya areba nka kuriya sinzi ariko na none ugure twa tuboby duheruka gukora n’amapantalo nako ibyo ushaka byagufasha kurushaho kuko byo ubwabyo byongera ubushyuhe ku mubiri bidasabye ko wifubika bigeze aho nkaho uri ikigori pe
Moana:yh byo ndaza kubyitaho to day nisoza akazi nizereko uri bumerekeze kuri shop yanyu nari nabibwiye na Dinnah ubundi ndebe ko nagura imyenda bundi bushya noneho reka nguhe niyi miti yange aha muri biro yawe ningira ikibazo wenda nayibagiwe nawe uzamfashe
Eric: urabizi ntacyo nakwanga kugukorera ngishoboye ubwo reka nge kureba ibindi bikorsho natumije ubwo ndaza kugaruka kugutora akazi karangiye (Moana asubira mu kazi) dukomereze ku munsi ukurikiyeho mu kazi bari muri break moana ajya gufata ibyo kurya yajya kwishyura agasanga yibagiwe ikarita ye mu rugo ahita abwira uwo muntu ati ndabona nibagiwe ikarita yange
Uwo muntu: nimba nta mafaranga nta biryo abivua cyane ari nako amusohora (ako kanya hahita hinjira)

Want your business to be the top-listed Beauty Salon in Butare?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Category

Website

Address


Butare