eHealthGate
Turning Ordinary people into Extra-ordinary Wellness People
13/02/2022
Smile and let everyone know….😗😎😃
06/02/2022
NIBA URYAMA MURI IYI POSITION, UZARWARA UMUGONGO🙆♂️🙆♂️
Benshi muri twe ntago tujya dutekereza position turyamamo, gusa uburyo uryamamo bushobora kuba buri kugukururira indwara.
Impuguke zitandukanye zigira abantu inama kuryama amasaha byibura 8 mu munsi, gusa nanone izindi nyigo zigaragaza ko utagakwiriye guhitamo kuryama wubitse inda nk’uburyo bwawe bwo kuryama kuko ubu buryo bukwangiriza umubiri vuba vuba.
1. Impuguke zemeza ko kuryama wubitse inda ariyo position mbi cyane ku rutirigongo
Kuryama wubitse inda benshi bemeza ko ari uburyo bubaryohera ndetse bukabaruhura vuba vuba; gusa kuryama gutya bishobora gutera kubabara umugongo by’igihe gito cyangwa by’igihe kirekire.
Raymond Jonathan Hah, Mu nyandiko yashyize hanze yagize ati “Iyi Position ishyira ingufu nyinshi cyane ku mitsi y’urutirigongo n’amagufa arugize bigatuma tuhetama bitandukanye n’uko rwaremwe”
Christopher Ornelas, yagize ati “Kuryama wubitse inda, bigwa neza amagufa y’ijosi kandi bitera uburibwe mu gice cyo hejuru cy’umugongo”
2. Abaganga bakugira inama yo kurya ugaramye
Marleen Cardwell, umuganga w’impuguke mu by’amagufa muri clinic ya Cleveland yagize ati “Kuryama ugaramye bituma ibiro byawe biganwa munce zitandukanye z’umubiri wawe uko bikwiriye, ibintu bituma nta rugingo ruvunika kurusha izindi ahubwo bituma zose ziruhuka.”
Nk’uko ikinyamakuru Healthline kibisobanura, hari inyungu nyinshi mu kuryama ugaramye, harimo nko kugabanya kubabara umutwe, gutinza ubusaza n’ibindi
3. Niba kuryama ugaramye utabishoboye, ryamira urubavu
Kuryamira urubavu bifite ibyiza n’ibibi gusa inyigo zigaragaza ko bigabanya kuribwa mu ngingo no kuribwa umugongo.
4. Dore uko wabigenza niba utashobora kuryama mu bundi burya usibye kuryama wubamye
Niba waragerageje kuryama mu zindi position bikanga, abahanga bakugira inama yo gukoresha umusego unanutse aho gukoresha umusego munini cyane utuma umugongo ubabara.
Ikindi witaho niba uri umuntu uhitamo kuryama wubamye, hitamo matera udateberamo kuko byibuza bituma urutirigongo rutiheta cyane nk’uko abahanga bo muri . Utwandikire ukeneye igisubizo gishya Kukibazo cy' umugongo utewe no kuryama nabi kiva mukigo cyabanyamerika cya NATURE'S WAY
+250786915932/
03/01/2022
🫂Live it and Love it!! 😎😘
16/12/2021
Up and Grateful
29/11/2021
Habits of success🎖😘
19/11/2021
Ibyo kurya ubuzima by'umuti🍒🍇🍽
06/11/2021
If you want extra income, extra time, Extra relationship, extra lifestyle; You must focus on doing ```extra things````...Just pass on normal🧗🏽♀️😀💞
20/10/2021
Notice little things daily!!😄😚
15/10/2021
Why wait💞😂
21/09/2021
Fly4blessings
14/09/2021
Living in beautiful state start today😊
BUSINESS OPPORTUNITIES IN RWANDA
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Telephone
Address
Kigali
Opening Hours
| Monday | 09:00 - 17:00 |
| Tuesday | 09:00 - 17:00 |
| Wednesday | 09:00 - 17:00 |
| Thursday | 09:00 - 17:00 |
| Friday | 09:00 - 17:00 |
| Saturday | 09:00 - 17:00 |
