Health TIPS
Contact information, map and directions, contact form, opening hours, services, ratings, photos, videos and announcements from Health TIPS, Health/Beauty, Kigali.
Hari ubumenyi bw'ibanze ugomba kuba ufite ku bigendanye n'ubuzima kugirango wirinde uburwayi butandukanye no gusaza imburagihe bitagusabye imiti ahubwo bivuye mu bigukikije nubuzima bwa buri munsi ubamo, byose uzajya ubisanga kuriyi page
08/11/2024
30/04/2022
MENYA INDWARA YA AUTISME HAKIRI KARE;
INDWARA YA AUTISME NI IKI?
https://wa.me/+250788323179
Indwara ya Autisme (ASD) ni ubumuga bugizwe no kugira ibibazo mu mvugo, itumanaho no gukorana. Izi ngorane zirimo kandi imyitwarire yisubiramo. Ibi mu bisanzwe biba kuva mu bwana kandi bishobora gutera ibibazo mu ishuri ndetse no mumirimo. Ubusanzwe igaragara ku bagabo kurusha igitsina gore.
UBWOKO BWA AUTISME:
Ibi bizwi nka autisme iyi niyo umuntu atekereza iyo abwiwe ibya autisme. Umuntu ufite ikibazo cyo guta umutwe, afite ingorane zo gushyikirana no gusabana n’abandi. Afite kandi imyitwarire idasanzwe n’ubumuga bw’ubwenge. (Autistic disorder)
Abana barwaye syndrome ya Asperger bafite ibimenyetso byoroheje by’indwara ya autistic. Bafite ibibazo by’imibereho n’imyitwarire idasanzwe. Nta kibazo bafite mu ndimi. (Asperger’s syndrome)
Ubu bwoko bwa autism bushobora kandi kumenyekana nka autism idasanzwe cyangwa PDDS-NOS. Ifite uruvange rw’indwara ya autistic na syndrome ya Asperger. Bashobora gukomeza ubuzima bwabo bwa buri munsi kandi bafite ibibazo gusa mu buzima n’imibereho.
Abana bose bafite uburyo bwihariye berekana ibimenyetso n’uburyo bikomeye. Iratandukanye kuva ubumuga bworoheje kugeza ubumuga bukomeye. (Pervasive Developmental Disorder- Not Otherwise Specified (PDDS-NOS)
NIKI GITERA AUTISME?
[Nta mpamvu nyayo itera autisme. Kugeza ubu ntibirasobanuka neza kubitera autisme ariko ubushakashatsi bwerekana ko ishobora gukura biturutse ku ngaruka zishingiye ku ngirabuzima fatizo, ku moko no ku bidukikije. Hano hari ingaruka:]
Imyitwarire yawe mu gihe utwite
Inkomoko
Kubyarwa n’ababyeyi bashaje
umuntu wigeze kurwara autisme mu muryango
Propriétés résidentielle wavukanye ibiro bike
Umwana wavutse igihe kitageze
Ibimenyetso bya autisme
Ibimenyetso bya autisme mu bisanzwe bigaragara cyangwa bikamenyekana neza kumyaka 2. Abana batangira kwerekana imiterere n’imyitwarire yihariye. Bagira ingorane mu mibanire no mu itumanaho.
Imikoranire n’itumanaho:
Ntacyo yitaho
Ibibazo byo gusobanukirwa indimi.
Ntabwo ashishikajwe no gushaka inshuti kandi ashaka kuba wenyine igihe cyose.
Imyitwarire isubirwamo kenshi:
Kwibanda kubikorwa cyangwa ikintu
Kuzunguruka
Gutondekanya ibikinisho bisubirwamo
Ubumenyi bwihariye (kumenya ijambo ryose muri firime cyangwa igitabo).
Kwizunguza
Gukubita, kuzunguza amaboko
Ibikorwa bishobora kubakomeretsa nko gukubita umutwe
NI GUTE USHOBORA KUMENYA KO UMUNTU AFITE INDWARA YA AUTISME HAKIRI KARE ?
Autisme itangira kuva mu bwana. Utangira kubona ibimenyetso n’ibimenyetso neza mu gihe cy’imyaka 2. Icyakora, ishobora kumenyekana hakiri kare, mu gihe bakiri impinja.
Hano hari ibimenyetso bike bya autisme ku bana. Niba usanze umwana wawe afite autisme hakiri kare ni byiza kandi byoroshya kwitegura no gutangira kwivuza.
Ibimenyetso:
Gukurikirana nabi amashusho
Ntakintu yibandaho
Ntagaragaza impungenge
Nta kumwenyura
Ntashaka guterurwa
Ntisobanura imvugo y’ababyeyi
GUSUZUMA:
Nta kizamini cy’ubuvuzi cyo gusuzuma autisme ariko hariho ubundi buryo umuhanga ashobora kubikora. Inzobere zisuzuma umwana wawe ni, abaganga b’indwara zo mu mutwe, abahanga mu majwi, abarimu bigisha uburezi bwihariye n’ibindi. Hano hari uburyo tubapima:
Twitegereza imyitwarire yabo kandi tubaza ababyeyi kubijyanye n’imibereho yabo.
Gukora ikizamini cy’ururimi, kumva no kuvuga.
Uko yavurwa:
Autisme ntabwo ifite umuti. Ariko rero, ntugahangayike, kubimenya hakiri kare no kuvurwa hakiri kare bishobora gufasha umwana. Kuvura bifasha kunoza uburyo umwana akora, bigabanya ibimenyetso kandi bigashyigikira iterambere ryabo no kwiga.
Nta muti wa autisme. Icyakora bashobora guhabwa imiti imwe n’imwe kugirango bakemure ibibazo bikomeye by’imyitwarire no guhangayika.
ESEMU RWANDA HARI IKIGO CYITA KURI IYO NDWARA?
Nibyo,
Mu Rwanda niba umwana afite autisme cyangwa afite ibimenyetso bya autism agomba kujyanwa mu kigo cya {diamond interest group Ltd}. Hano inzobere zifata abana kandi zifasha ubwonko bwabo gukura no gukora neza.
Abana bamwe birukanwa kandi bahagarikwa mu mashuri. Abandi bafashwe nabi mu rugo n’ahandi kuko ababyeyi n’abarimu badafite ubumenyi buhagije kuri autisme. Aba bana baba bakeneye kwitabwaho bidasanzwe kandi buriwese agomba kubizirikana.
Hamagara +250788323179 cyangwa ohereza ubutumwa kuri {WhatsApp}niba ukeneye ubufasha.
Wanadusanga aho dukorera tukagufasha byukuri gisimenti cyangwa mumujyi mugacyinjiro kanyarugenge impande ya feux rouge ugana nyamirambo.
19/02/2022
* *
* cg no bwo ku /Abagore.Igisubizo,ibyo warya,ikibitera,ikibivura ndetse n'ubundi bujyanama ku buzima bwawe.*
+250788323179
Ubushakashatsi bwerekana ko umugore 1 kuri 6 (1/6) bagira ububabare mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina,ibi bikaba ahanini biterwa no kumagara mu gitsina aho usanga nta bubobere buhagije burimo.Haba ubwo rero usanga hari n’utundi tubazo harimo nko kumva uburyaryate mu gitsina n’ibindi.Akenshi ngo ibi bikunda kuba ku bagore bakuze bacuze(bahejeje imbyaro),ariko n’abagore/abakobwa bakiri bato cyane rwose ibi bishobora kubabaho. Ibi kandi bigira ingaruka zikomeye nko kuba bakwandura izindi ndwara zifata mu gitsina cyangwa bakabihirwa mu gutera akabariro bikaba intandaro yo kutavuga rumwe n'umukunzi
Ukumagara kw’igitsina ni ingaruka zo kutagira ububobere mu gitsina cy’umugore Ubusanzwe igitsina cy’umugore cyangwa umukobwa,kiba kifitemo ibisa n’amazi afashe cyangwa ururenda(imisemburo). Aya mazi cyangwa ururenda(Imisemburo) azanwa n’imvubura zibamo bigatuma habobera kubera imisemburo iba yavubuwe.Iyi misemburo hari n’iva mu mura,hamwe n’ahandi mu tunyangingo tw’igitsina cy’umugore,ituma mu mpande zose z’igitsina hahora hatose.Aya mazi kandi ni nayo atuma mu gitsina hahora hahindura ubushya n’itoto nkuko no ku mubiri w’umuntu hahora hahinduka.Muri make,iyo misemburo ni yo ituma mu gitsina hahora isuku n’isukurwa by’umwimerere.
Hari indi misemburo yitwa (Bartholin’s glands),iyi iba aho twavuga ko ari mu ndiba z’igitsina igatuma rero ingingo zacyo zifunga hamwe n’ukundi kunyeganyega cyangwa kunyeganyezwa bikorwa mu mutekano.Izi rero na zo zigira uruhare mu guha ubutote umwinjiro w’igitsina cy’umugore/umukobwa ndetse no ku bice bigaragara hanze h’igitsina.
* mu /umukobwa:
Impamvu zituruka kuri za horumones(hormones) : * na *:Kubura Ositorojene (oestrogènes)bishobra kuba impamvu itera ukumagara mu gitsina. Ibi bikunda kubaho mu gihe umugore ageze mu za bukuru atakibyara. Bishobora no kubaho mu gihe hari indi mpamvu. Nko mu gihe umugore afite umwana wonka cyangwa atwite inda ikiri ntoya na bwo izi Orumone zishobora kuba nke maze mu gitsina ntiharangwe utuzi.
Bishobora guterwa * yo *:Amapilile amwe n’amwe abuza kubyara (pilules contraceptives), hamwe n’indi miti itari umwimerere nk’iyo kurwanya kanseri y’ibere,ishobora kuba impamvu ikomeye itera ukumagara mu gitsina cy’abagore/abakobwa.
N'ubundi buryo bwo kuboneza hakoreshejwe agapira cg urushinge bishobora kuba impamvu yo kumagara bitewe n'imiterere y'umubiri w'uwaboneje urubyaro!
* zo zo mu :* Ukumagara mu gitsina kandi bishobora guterwa n’indwara zifata mu gitsina.Aha hari nubwo uretse kumagara mu gitsina usanga binavanze no kubabara cyane mu gitsina ndetse no kugira impumuro mbi.
* *:Hari n’igihe kumagara mu gitsina ku mugore biterwa nuko aba atitaye ku isuku ihagije y'imbere mu gitsina kandi ari ngombwa cyane.Ibi bikaba bishobora kuzana ukumagara mu gitsina kuko haba hitekeye imyanda itagira ingano.
Ibi binatera indwara zitandukanye ziterwa n'isuku nke yo mumyanyandangabitsina nka infection n'izindi.
* :* Itabi,alukolo nyinshi (alcool) na byo bishobora gutera ukumagara mu gitsina biherekejwe no kunanirwa k’ubwonko,no kugira umunaniro umubiri wose.
* :* Ibi biterwa ahanini no kuba abakora imibonano mpuzabitsina batari bateguranye neza bombi cyangwa umugore/umukobwa adateguye bihagije. Bishobora no guterwa no gukora imibonano mpuzabitsina hashize igihe,mbese adakunda kuyikora kenshi. Bishobora no guterwa no kuba umugore/umukobwa akoze imibonano mpuzabitsina atabishaka cyangwa se uyu mugore wumagaye mu gitsina akaba yakoze imibonano mpuzabitsina ariko mu mutwe we hibereyemo ubwoba busa no kutigirira ikizere ko icyi gikorwa kiza kugenda neza.
Hanyuma rero nanone uku kumagara bishobora guterwa na Sendorome Gougerot-Sjögren (Gougerot-Sjögren Syndrom),banayita nanone Syndrome sec: Iyi ishobora gufata abantu bose ariko ubushakashatsi bwerekana ko 90 % by’abo igeraho ari abagore bari mu myaka ya 45 na 50.Iyi rero yibasira imvubura zitandukanye.Uretse imisemburo ibobeza mu gitsina,inibasira imvubura z’amacandwe akaba macye rwose ku buryo umugore yumagara mu kanwa hamwe n’iminwa,akabura imvubura z’amarira ku buryo ashobora kubabara byo kurira ariko amarira ntuyamubaze. Gusa ngo imisemburo ibobeza mu gitsina ni yo igabanuka cyane ku buryo usanga harangwa ububobere bucye hafi ya ntabwo.
Hagati aho ariko,nkuko bigaragazwa n’urubuga rwa interineti france5.fr,ngo ukumagara mu gitsina birashira kuko hari imiti myinshi kandi igarura ububobere hatitawe ku myaka cyangwa izindi mpamvu.Upfa gusa kuba ufite icyo kibazo ubundi umuti ukakubera igisubizo.Wagana kwa muganga rero ukavuga ikibazo ufite ahasigaye akazi kakaba aka muganga n’umuti.
Ku kindi kibazo waba ufite ku buzima n'ubundi burwayi uri umugore cg umugabo vugana n'inzobere zigufashe +250788323179.
Aho waba uri hose ku isi turagufasha
03/01/2022
VITAMIN C (for kids) & ASCORBIC ACID (adult) 🍊 🍊🍊
Uso na naman ang ubo at sipon, Palakasin ang katawan take Dyna C!! 💪💪
HEALTH BENEFITS
*Strengthen the immune system
*Promotes wound healing
*Maintains healthy teeth, gums, bones & blood
*Increases production of hemoglobin
*Acts antioxidant
*Reduces inflamation caused by allergic reactions
✔ FDA ✔ BFAD ✔ HALAL ✔ ISO ✔ CGMP
30/12/2021
Muzavuge ngo mwabuze uko mwivuza ibibazo ibyaribyo byose waba ufite bijyanye namenyo. Kuyakesha, kuyakomeza, guhongoka nibindi.kuri 9,180frw gusa byashira.
0788323179
Duhamagare
01/12/2021
BIMWE MU BINTU UDAKWIYE GUKORA MU GIHE MU GIFU HARIMO UBUSA
Hari ibintu bimwe dukora tutabizi bigatuma hari ibyo twangiza cyangwa dukora nabi. Kimwe muri byo ni ibintu dushobora gukora, cyangwa gushyira mu gifu mbere yuko hageramo ibiryo. Iyo bavuze mbere yo kurya ni mu gihe hatarashira amasaha abiri uriye.
Mu yandi magambo ibintu tugiye kuvuga hano ni ibintu utagakwiye gukora niba mu masaha abiri ashize nta kintu kiribwa kigeze kijya mu gifu cyawe, kandi gifatika.
1. Kunywa imiti igabanya uburibwe
Myinshi mu miti igabanya uburibwe, nka ibuprofen, diclofenac, aspirin, indomethacin n’indi yo muri iri tsinda ntabwo ari byiza kuyinywa utararya kuko byatera ibyago byinshi byo kuzana ibisebe mu gifu no kuribwa mu gifu. Niba ugiye kunywa iyi miti ni byiza kubanza kurya
2. Kunywa ikawa
Ikawa ituma hakorwa acide bityo kuyinywa utarashyira ikindi kintu mu nda bishobora gutera ikirungurira. Niba ushaka kuyinywa nta kintu urarya, ni byiza kuvangamo amata, aho ho ntacyo izagutwara.
3. Kunywa inzoga
Abanywa inzoga barabizi iyo unyoye utariye gusinda birihuta. Ni nk’uko bafata inzoga bakayiguter banyujije mu mutsi, igera mu bwonko vuba. Rero niba ushaka kunywa inzoga utararya, ibuka kuza gufata icyo kurya mbyibuze nyuma y’icupa rya mbere
4. Guhekenya shikareti
Iyo uhekenya shikareti igifu kirekura aside ingana niyo cyarekura iyo uri kurya. Niba ushaka guhekenya shikareti bikore nyuma yo kurya kandi ntukayihekenye igihe kirenze iminota icumi. Kuyihekenya utararya ni ukwangiza igifu
5. Kuryama
Nubwo tubivuga dutera urwenya ariko si byiza kuryama utararya. Gusonza bituma udasinzira neza kandi wanasinzira ntumare akanya ugahora ukanguka bya hato na hato. Ni byiza kuryama uriye, mu gihe utabibuze.
6. Siporo isaba ingufu nyinshi
Kwiruka ahantu hanini, koga, gutwara igare, gukora imibonano, kujya muri gym ni zimwe muri siporo udakwiye gukora igihe mu gifu harimo ubusa. Ibi binaniza umubiri bikaba byanatuma igifu kirekura acide nyinshi
7. Kurya indimu cyangwa kunywa umutobe wayo
Indimu n’izindi mbuto biri mu muryango umwe birimo acide na fibres zikomeye bikaba bitera uburyaryate mu gifu cyane cyane ku basanzwe bafite ibibazo byo kuba barwara igifu.
Tuvuze bimwe muri byo, si byose ariko ibi ni bimwe by’ingenzi wakamenye.
Ntiwibagirwe kujya ugisha inama uciye hano https://wa.me/+250788323179
06/09/2021
What does it mean we are what we eat?
The phrase 'You Are What You Eat' means that it is important to eat good food in order to be healthy and fit.
03/09/2021
HEALTH BENEFITS OF APPLE CIDER VINEGAR
is a natural laxative and it can improve digestion;
lowers blood sugar levels;
improves insulin sensitivity;
increases satiety and helps people to lose weight;
reduces belly fat;
lowers cholesterol;
lowers blood pressure and improves heart health;
19/08/2021
𝗘𝘀𝗲 𝘂𝗳𝗶𝘁𝗲 𝘂𝗯𝘄𝗼𝗯𝗮 𝗸𝗼 𝘂𝘁𝗮𝘇𝗮𝗯𝘆𝗮𝗿𝗮 𝗸𝘂𝗯𝗲𝗿𝗮 𝘄𝗶𝗸𝗶𝗻𝗶𝘀𝗵𝗶𝗷𝗲?
Ese waruziko nubwo benshi bataziko kwikinisha aribibi
bigira ingaruka zitandukanye
nubwo byatera kurangiza vuba,kuribwa umugongo, umutwe, stress
icyo ugomba kumenya nuko bitera concer ya prostate iyo warwaye iyi cancer wihagarika amaraso cg hakaza amasohoro
𝗻𝗶𝘆𝗼 𝗺𝗽𝗮𝗺𝘃𝘂 𝘁𝘄𝗶𝘁𝗲𝗴𝘂𝘆𝗲 𝗸𝘂𝗴𝘂𝗳𝗮𝘀𝗵𝗮 𝗻𝘁𝘂𝘇𝘂𝘆𝗮𝘇𝗲 𝗸𝘂𝘁𝘂𝘃𝘂𝗴𝗶𝘀𝗵𝗮/ 𝘄𝗵𝗮𝘁𝘀𝗮𝗽 +250788323179
19/08/2021
PROLINK (Colostrum) | Nature's Ultimate First Food | Triggers 50 Processes In The Human Body.
Proven By Doctors & Scientists Around The Worlds.
____
Colostrum has a virus antibody that acts against viral invaders. A wide range of antiviral factors were acknowledge to be present in Colostrum. This research was done at the US Government's Center for Disease Control (CDC) in Atlanta, Georgia ~ Dr. E.L. Palmer, et. al; Journal of Medical Virology.
____
Immunoglobulin from Bovine colostrum effectively reduces and prevents viral and bacterial infections in immune deficient people: bone marrow recipients, premature babies, HIV AIDS, etc. ~ New England Journal of Medicine.
____
Glycoproteins, in bovine colostrum, inhibit the attachment of the Helicobactor Pyroli bacteria that causes stomach ulcers. Colostrum contains significant amount of Interlukin-10 (a strong inflammation inhibitory agent), found significantly in reducing inflammation in arthritic joints and injury areas ~ Dr. Olle Hernell, At the university of Ulmea, Sweden; Science
BOVINE COLOSTRUM HAS UP TO 40 TIMES MORE FACTORS THAN HUMAN COLOSTRUM
PROLINK - Original Solution For Illness Prevention & Healing containing:
√ 100% bovine colostrum
√ Soybean
√ Wheatgrass
√ Barley grass
√ Nano Calcium
√ Lactic Acid Bacteria
PROLINK is rich in:
▪️Immune factors
▪️Growth factors
▪️Antibodies
▪️Enzymes
▪️Proteins
▪️Carbohydrates
▪️Vitamins
▪️Minerals
The growth factors normalize the growth of Aged or Damaged:
√ Bones
√ Muscle
√ Skin collagen
√ Cartilage and
√ Nerve tissue
Immune factors fight:
▪️Viruses
▪️Bacteria
▪️Yeast
▪️Fungus
▪️Allergens &
▪️Toxins
PROLINK is also highly effective in:
▪️Retarding the aging process
▪️Internal regulation of blood glucose levels
▪️Ensures a healthy intestinal tract by suppressing the reproduction of bad bacteria.
It can improve symptoms of:
√ HIV/AIDS
√ Cancer
For easy ordering, Call or whatsapp +250788323179
A delivery will be done
18/06/2021
Health Tip: You ought to watch your salt intake.
Eating too much salt is bad for your heart and overall health. It can raise your blood pressure leading to hypertension, heart disease, and stroke.
Even if you do not add salt to your food, you may still be eating too much because most of the salt we eat is already in the food when you buy it.
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Contact the business
Telephone
Website
Address
Kigali
