Nishimwe Valentin

Nishimwe Valentin

Share

Never give up ��

06/09/2021

U Rwanda mu mateka yarwo rwagize visi president umwe ariwe H.E Poul Kagame

06/09/2021

Waruziko Kowait na Cuba aribyo bihugu bitaba muri UNO (United Nations Organization)

07/08/2021
06/08/2021

IGIHE


Inzira y’inzitane ku ishingwa rya Kaminuza y’u Rwanda n’urugendo rwa Dr Ntabomvura wanditswe ari uwa mbere.
Amateka y’iyahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda [ubu yabaye UR, University of Rwanda], atangirira i Butare ku itariki 3 Ugushyingo 1963, hari nyuma y’umwaka umwe gusa u Rwanda rwigobotoye ubukoloni bw’Ababiligi.

Ntibyari byoroshye ku Banyarwanda bamwe batumvaga impamvu yo kwiga muri Kaminuza byatumye kugira ngo ibone abanyeshuri itangirana na bo biba ingorabahizi.

Ababonetse ku ikubitiro na bo ntibanyuze mu nzira iharuye; abanyamahanga babigishaga babanje kujya babakerensa nk’abadakwiye guhabwa uburezi bufite ireme kubera ko umwuka w’ubukoloni wari ukizerera mu mitwe ya bamwe.

Dr. Ntabomvura Vénant ni we ufite amateka yo kuba yariyandikishije bwa mbere muri iyi kaminuza yitwaga ‘Université Nationale du Rwanda’ mu rurimi rw’Igifaransa.

Uyu mukambwe w’imyaka 95 [yavutse tariki 4 Mata 1926] asobanura uko yamenyanye n’Umupadiri Georges Henri Lévesque mu gihe yari aje mu Rwanda muri gahunda yo gushinga kaminuza mu Rwanda.

Georges Henri Lévesque yari yoherejwe n’Abapadiri b’Abadominikani bo mu Mujyi wa Québec muri Canada. Ku munsi wa mbere akandagiza ikirenge ku butaka bw’u Rwanda, yahuye na Dr Ntabomvura ku Kibuga cy’Indege i Kanombe. Aho ni ho ubucuti bwabo bashingiye imizi kugeza agize amahirwe yo kwinjira muri kaminuza.

IGIHE yasuye Dr Ntabomvura agaruka ku ishingwa rya Kaminuza y’u Rwanda [y’ubu], uko byagenze kugira ngo abe ari we munyeshuri wanditswe mbere n’ibindi.

IGIHE: Byagenze gute ngo Kaminuza Nkuru y’u Rwanda itangire?

Dr Ntabomvura: Perezida Kayibanda yari yarasabye Abapadiri b’Abadominikani kumufasha gushinga Kaminuza, haza uwitwaga Georges Henri Lévesque.

Amahirwe yangwiririye, nari ku kibuga cy’indege, ni uko numva uwo muzungu arimo kuvugana na bene wabo ko aje gushinga kaminuza mu Rwanda, ndavuga nti ‘uyu muntu byanze bikunze reka mwegere nze kumumenya.’

Ni aho ngaho twahuriye bwa mbere, mubwira ko ndi umukozi wa leta nkora mu

Want your business to be the top-listed Beauty Salon in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Category

Telephone

Website

Address


Kigali