Healthy is wealth
Natures ways with different product that heals peaple affected by different diseases like diabetes
13/12/2021
Ese waba ushaka icyo gukora cyikwinjiriza kuburyo ubu*ima bwawe bugira impinduka nyandikira inbox ya whatapp usobanukirwe+250782426420
30/11/2021
Ese waba ushaka icyo gukora waba uri umunyeshuri wa university ushaka no kwinjiza waba uri umushomeri nyandikira inbox kuri whatapp nkwereke umushinga dukorana +250782426420
IBIMENYETSO BYA DIABETES
👉Kureba ibicyezicyezi
Akenshi diyabete yo mu buryo bwa 2 irangwa nuko igipimo cy’isukari mu maraso cyazamutse, iyo rero gitangiye kuzamuka birangwa nuko ubushobozi bwo kureba bugenda bugabanyuka nuko kwitegereza ikintu neza ntibibe bigishobotse ahubwo ugasanga ibyo ureba bitagaragara neza, bimeze nk’aho biri mu gihu.
Iyo igipimo cy’isukari gisubiye ku rugero nyarwo kwa kureba ibicyezicyezi birashira, ukongera ukareba neza
👉Guhorana icyaka
Iyo isukari ibaye nyinshi mu mubiri wacu, haba hasigaye akazi k’impyiko ko gusohora iyabaye umurengera. Ibi bituma unyaragura cyane, bityo uko unyara kenshi ni nako umubiri utakaza amazi menshi cyane nuko kugirango umubiri ukwereke ko ucyeneye kongeramo ayandi, bikarangwa no kugira inyota idashira. Mu gihe rero ugira inyota ku buryo budasanzwe, haba hakonje cyangwa hashyushye, niyo waba nta kintu wakoze, ni byiza kwihutira gupimisha igipimo cy’isukari mu maraso.
👉Gutakaza ibiro ku buryo budasanzwe
Mu gihe umubiri utari kubasha kubona ingufu ukeneye zivuye mu isukari yo mu maraso, uhitamo gukoresha ibindi biri mu mubiri bishobora gutanga ingufu, cyane cyane ibinure. Ingaruka zabyo zikaba gutakaza ibiro, kandi nta kintu nk’indwara cyangwa regime kiri kubigutera. Aha naho u*ihutire kwa muganga
👉Indwara ziterwa na mikorobi n’ibisebe bidakira vuba
Iyo isukari ibaye nyinshi bituma amaraso atabasha gutembera neza mu mubiri bityo uruhu ntirubashe kwisana neza kandi vuba mu gihe hari ikirukomerekeje. Si ibyo gusa kuko binatuma mikorobi za bagiteri n’imiyege zikomeza kwiyongera bityo indwara ziterwa na zo ntizikire, zanakira zikagaruka vuba. Akenshi indwara z’uruhu, n’ubwandu bwo mu gitsina ku bagore, nibyo bikunze kugaragara
👉Umunaniro udasanzwe
Isukari yo mu maraso niyo umubiri wacu ubyazamo ingufu ukoresha. Ariko iyo uri mu nzira zo kurwara diyabete, bituma insulin ihangana bityo umubiri ntubashe gukoresha isukari ngo uyihinduremo ingufu ukeneye. Ibyo bitera guhorana umunaniro kandi nta kintu +250782426420 tugufashe gutandukana nayo mugihe cyamezi atatu gusa
IBIMENYETSO BYA DIABETES
Kureba ibicyezicyezi
Akenshi diyabete yo mu buryo bwa 2 irangwa nuko igipimo cy’isukari mu maraso cyazamutse, iyo rero gitangiye kuzamuka birangwa nuko ubushobozi bwo kureba bugenda bugabanyuka nuko kwitegereza ikintu neza ntibibe bigishobotse ahubwo ugasanga ibyo ureba bitagaragara neza, bimeze nk’aho biri mu gihu.
Iyo igipimo cy’isukari gisubiye ku rugero nyarwo kwa kureba ibicyezicyezi birashira, ukongera ukareba neza
Guhorana icyaka
Iyo isukari ibaye nyinshi mu mubiri wacu, haba hasigaye akazi k’impyiko ko gusohora iyabaye umurengera. Ibi bituma unyaragura cyane, bityo uko unyara kenshi ni nako umubiri utakaza amazi menshi cyane nuko kugirango umubiri ukwereke ko ucyeneye kongeramo ayandi, bikarangwa no kugira inyota idashira. Mu gihe rero ugira inyota ku buryo budasanzwe, haba hakonje cyangwa hashyushye, niyo waba nta kintu wakoze, ni byiza kwihutira gupimisha igipimo cy’isukari mu maraso.
Gutakaza ibiro ku buryo budasanzwe
Mu gihe umubiri utari kubasha kubona ingufu ukeneye zivuye mu isukari yo mu maraso, uhitamo gukoresha ibindi biri mu mubiri bishobora gutanga ingufu, cyane cyane ibinure. Ingaruka zabyo zikaba gutakaza ibiro, kandi nta kintu nk’indwara cyangwa regime kiri kubigutera. Aha naho u*ihutire kwa muganga
Indwara ziterwa na mikorobi n’ibisebe bidakira vuba
Iyo isukari ibaye nyinshi bituma amaraso atabasha gutembera neza mu mubiri bityo uruhu ntirubashe kwisana neza kandi vuba mu gihe hari ikirukomerekeje. Si ibyo gusa kuko binatuma mikorobi za bagiteri n’imiyege zikomeza kwiyongera bityo indwara ziterwa na zo ntizikire, zanakira zikagaruka vuba. Akenshi indwara z’uruhu, n’ubwandu bwo mu gitsina ku bagore, nibyo bikunze kugaragara
Umunaniro udasanzwe
Isukari yo mu maraso niyo umubiri wacu ubyazamo ingufu ukoresha. Ariko iyo uri mu nzira zo kurwara diyabete, bituma insulin ihangana bityo umubiri ntubashe gukoresha isukari ngo uyihinduremo ingufu ukeneye. Ibyo bitera guhorana umunaniro kandi nta kintu gitwara ingu
Kureba ibicyezicyezi

Akenshi diyabete yo mu buryo bwa 2 irangwa nuko igipimo cy’isukari mu maraso cyazamutse, iyo rero gitangiye kuzamuka birangwa nuko ubushobozi bwo kureba bugenda bugabanyuka nuko kwitegereza ikintu neza ntibibe bigishobotse ahubwo ugasanga ibyo ureba bitagaragara neza, bimeze nk’aho biri mu gihu.
Iyo igipimo cy’isukari gisubiye ku rugero nyarwo kwa kureba ibicyezicyezi birashira, ukongera ukareba neza
Guhorana icyaka

Iyo isukari ibaye nyinshi mu mubiri wacu, haba hasigaye akazi k’impyiko ko gusohora iyabaye umurengera. Ibi bituma unyaragura cyane, bityo uko unyara kenshi ni nako umubiri utakaza amazi menshi cyane nuko kugirango umubiri ukwereke ko ucyeneye kongeramo ayandi, bikarangwa no kugira inyota idashira. Mu gihe rero ugira inyota ku buryo budasanzwe, haba hakonje cyangwa hashyushye, niyo waba nta kintu wakoze, ni byiza kwihutira gupimisha igipimo cy’isukari mu maraso.
Gutakaza ibiro ku buryo budasanzwe

Mu gihe umubiri utari kubasha kubona ingufu ukeneye zivuye mu isukari yo mu maraso, uhitamo gukoresha ibindi biri mu mubiri bishobora gutanga ingufu, cyane cyane ibinure. Ingaruka zabyo zikaba gutakaza ibiro, kandi nta kintu nk’indwara cyangwa regime kiri kubigutera. Aha naho u*ihutire kwa muganga
Indwara ziterwa na mikorobi n’ibisebe bidakira vuba
Iyo isukari ibaye nyinshi bituma amaraso atabasha gutembera neza mu mubiri bityo uruhu ntirubashe kwisana neza kandi vuba mu gihe hari ikirukomerekeje. Si ibyo gusa kuko binatuma mikorobi za bagiteri n’imiyege zikomeza kwiyongera bityo indwara ziterwa na zo ntizikire, zanakira zikagaruka vuba. Akenshi indwara z’uruhu, n’ubwandu bwo mu gitsina ku bagore, nibyo bikunze kugaragara
Umunaniro udasanzwe

Isukari yo mu maraso niyo umubiri wacu ubyazamo ingufu ukoresha. Ariko iyo uri mu nzira zo kurwara diyabete, bituma insulin ihangana bityo umubiri ntubashe gukoresha isukari ngo uyihinduremo ingufu ukeneye. Ibyo bitera guhorana umunaniro kandi nta kintu gitwara ingufu wakoze.
Konge
25/11/2021
TUGUFITIYE GROUP NZIZA YIGISHA IBIJYANYE NOKWIHANGIRA UMURIMO NO GUSANGIRA UBUMENYI BUTANGUKANYE KUBITABO BYA BAHANGA NKA( rich dad and poor dad, no excuses ) Nibindi siga number yawe tugushyiremo
NB . Ba rwiyemezamirimo bakora busness bakeneye kugwiza ubumenyi kubijyanye na busness ndetse ni faranga
# # Kuba u*i ururimi whatapp contact @ +250782426420 rwicyongereza( English)
1)kuba warasoje wiga cg warasoje university ,
2) kuba usobanukiwe cg wifuza kumenya ibijyanye no kwihangira umurimo
3) kuba uri hejuru yimyaka 20yrs Whatapp contact: +250782426420
3) kuba urindakemwa mumico nomumyifatire kandi utarangwa nakavuyo (uri serious)
Nyura inbox utwereke ko wujuje ibisabwa kugirango wemererwe Whatapp contact +250782426420
24/11/2021
HEPATITE B nicyi?
Hepatite B ni indwara y’umwijima iterwa n’udukoko duto (virus) two mu bwoko bwa B. Utwo dukoko tukaba twinjira mu mubiri tunyuze mu nzira zitandukanye,ubundi dukunze kwiturira mu mwijima.Ni nayo mpamvu bavuga ko ari indwara y’umwijima.
YANDURA GUTE?
Hepatite B yandura binyuze mu maraso cyangwa andi matembabu*i y’uwanduye; ishobora kwanduzwa umwana ku mubyeyi igihe abyara cyangwa undi wese uyirwaye akanduza umwana igihe akiri muto.
Ishobora kandi kwanduzwa igihe uhabwa amaraso kwa muganga igihe bitakozwe neza, kwijomba ibintu bitobora umubiri; nk’igihe uhabwa imiti mu mutsi. Hepatite B kandi yandurira byoroshye mu mibonano mpuzabitsina; ku bantu bahuza ibitsina n’abantu batandukanye cg se baryamana n’uyirwaye. Contact@@ +250782426420
IBIMENYETSO BYKWEREKA KO URWAYE HEPATITE B
Iyi ndwara hari abayigira ntigaragaze ibimenyetso, cyangwa ukaba wakwitiranya ibimenyetso n’iby’izindi ndwara nk’ibicura
👉 Kubura ubushake bwo kurya (Appetit)
👉 Umunaniro udasanzwe
👉 Umuriro ariko udakabije
👉Kuribwa mu nda
👉 Iseseme no kuruka
o Gutakaza ibiro mu buryo budasanzwe
KURI BAMWE HIYONGERAHO
👉Inkari zijimye
👉Kuvira imbere
👉Guhinduka umuhondo ku ruhu n’amaso
👉 Kwituma ibyeruruka
👉Guta ubwenge, kumva uzungera, cg 👉kugwa muri coma
Kumva utonekara uruhu contacts: +250782426420 twandikire cg uduhamagare tugufashe gutandukana nicyibazo cya hepatite B burundu
HEPATITE B nicyi?
Hepatite B ni indwara y’umwijima iterwa n’udukoko duto (virus) two mu bwoko bwa B. Utwo dukoko tukaba twinjira mu mubiri tunyuze mu nzira zitandukanye,ubundi dukunze kwiturira mu mwijima.Ni nayo mpamvu bavuga ko ari indwara y’umwijima.
YANDURA GUTE?
Hepatite B yandura binyuze mu maraso cyangwa andi matembabu*i y’uwanduye; ishobora kwanduzwa umwana ku mubyeyi igihe abyara cyangwa undi wese uyirwaye akanduza umwana igihe akiri muto.
Ishobora kandi kwanduzwa igihe uhabwa amaraso kwa muganga igihe bitakozwe neza, kwijomba ibintu bitobora umubiri; nk’igihe uhabwa imiti mu mutsi. Hepatite B kandi yandurira byoroshye mu mibonano mpuzabitsina; ku bantu bahuza ibitsina n’abantu batandukanye cg se baryamana n’uyirwaye. Contact@@ +250782426420
IBIMENYETSO BYKWEREKA KO URWAYE HEPATITE B
Iyi ndwara hari abayigira ntigaragaze ibimenyetso, cyangwa ukaba wakwitiranya ibimenyetso n’iby’izindi ndwara nk’ibicura
👉 Kubura ubushake bwo kurya (Appetit)
👉 Umunaniro udasanzwe
👉 Umuriro ariko udakabije
👉Kuribwa mu nda
👉 Iseseme no kuruka
o Gutakaza ibiro mu buryo budasanzwe
KURI BAMWE HIYONGERAHO
👉Inkari zijimye
👉Kuvira imbere
👉Guhinduka umuhondo ku ruhu n’amaso
👉 Kwituma ibyeruruka
👉Guta ubwenge, kumva uzungera, cg 👉kugwa muri coma
Kumva utonekara uruhu contacts: +250782426420 twandikire cg uduhamagare tugufashe gutandukana nicyibazo cya hepatite B burundu
23/11/2021
Ese waba ushaka icyo gukora ,uri umushomeri ,uri umunyeshuri university wifuza kwiga unakora nyandikira whatapp cg usige number ukoresha whatapp nkwereke umushinga dukorana project whatapp contact +250782426420
22/11/2021
Ni izihe ngaruka z’umuvuduko w’amaraso ukabije ?
Umuvuduko ukabije w’amaraso ushobora kuwugendana nta kimenyetso na kimwe ubona. Ibi bikaba bituma yica uyifite itunguranye, ari byo bita tueur silencieux, mu rurimi rw’igifaransa kuko uyu muvuduko ushobora kwangiza nk’imitsi ijyana amaraso mu mutima, mu bwonko, ndetse no mu mpyiko, ariko nta kimenyetso cyari cyagaragara. Umuvuduko ukabije w’amaraso ushobora gutera indwara z’umutima. Iyo umuduko ukabije w’amaraso wangije imitsi y’amaraso yo mu bwonko, umuntu ashobora kuvira mu bwonko (hemorrhagie cerebral) ndetse akaba yahita agwa muri koma, kimwe n’uko ashobora guhita apfa, ari byo bita accident vasculaire cerebral (AVC) mu rurimi rw’igifaransa.
Ubundi iyi ndwara ushobora kuyirinda cyane cyane wirinda ibiyitera twavuze haruguru.Gusa birashoboka ko waba waramaze kurwara iyi ndwara,gukira bikaba byaranze.Ubu habonetse imiti myimerere ikozwe mu bimera kandi ikaba yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ibifitiye ibyemezo mpuzamahanga (twavuga nka:FDA:Food and Drug Administration,n’ibindi).Iyo miti rero ikaba iringaniza umuvuduko w’amaraso ndetse ikarinda n’umutima kuba wakora nabi. Twandikire cg uduhamagare tugufashe gutandukana nuburwayi bwumuvuduko wamaraso @ +250782426420
22/10/2021
Mqaramutse neza ,ese waru*iko indwara ya diabete ivurwa igakira uyu munsi ndashaka ko ngera gufasha umuntu waba urwaye diabete gutandukana na diabete birashoboka cyane twandikire niba urwaye,urwaje, cg u*i umuntu uyirwaye umusangize numero yacu tumufashe @ Contact +250782426420
Ese nawe urwaye Diabete cyangwa waba u*i uyirwaye turagufasha gutandukana nayo burundu +250782426420 Murwanda dukorera ikigali nyarugenge mumujyi rwagati
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Contact the business
Website
Address
Nyamirambo
