Smart Pips

Smart Pips

Share

Tandukana n'indwara, Inyunganira mirire nizo zonyine zibasha kuvura umuntu agakira neza, ntangaruka Mugire ubu*ima bwiza!

Iyi Page yacu igufasha kubona products ukeneye zakuvura indwara waba ufite, Hari products zinyuranye ku ndwara yose waburiye igisubizo. Ku bindi bisobanuro Duhamagare cg utwandikire, Tell:/Whatsapp: +250788324183. Dukorera mu mugi wa Kigali kandi aho waba uri hose twanakoherereza products ukeneye.

29/10/2022

Duhamagare cg utwandikire WhatsApp: +25 0788324183 niba ukeneye MASS GAINER nawe

26/05/2021

*Sobanukirwa n’indwara y’impyiko, uburyo wayirinda ndetse n’aho wayivuriza*

_Kidney problems_ and any other health concerns with advise and Help by Professionals with natural pills

*Indwara y’impyiko* “ ”iterwa n’imyanda nyinshi iba yagiye mu mubiri ivuye ku ntungamubiri zitandukanye ziva mu biribwa no mu binyobwa hamwe no kunywa amazi make, no kunywa inzoga nyinshi.

* * .
uyirwaye arangwa no kubabara mu minota mike ahagana mu gice cy’umugongo. Uyirwaye anababara mu bice by’amayunguyungu hamwe no mu myanya ndangagitsina, ko harinabagira ibibazo byo kurangiza vuba, rimwe na rimwe umuntu akagira iseseme, akaruka hamwe no kugira umuriro. Kandi uyirwaye hari igihe agaragaza amaraso mu nkari yihagaritse.

* * ?
Kurya ibiryo birimo imyunyu ngugu myinshi.

Kunywa amazi make n’ibinyobwa bike nabyo biri mu bitera ubu burwayi kuko habura amazi ajya kugabanya imyunyu mu mubiri.
Ubu burwayi bunaterwa n’uburyo ibice bigize umubiri byaremwe nabi.

* ?*

Kwirinda kunywa inzoga nyinshi, kugabanya chocolate kuko zibamo oxalate itera imbyiko, kunywa amazi ahagije, kurya ibiryo birimo vitamins ariko zitarengeje igipimo, gukora sport.

Bose yaba abagabo nabagore bashobora kuyirwara.

_*•Inkuru nziza ihari, ni*_ uko iyi ndwara ivurwa, hifashishijwe inyunganiramirire zitananiza impyiko, maze zigafasha umubiri gusohora imyanda yose yo mu maraso, ndetse no gusana ahangiritse mu mubiri. -
•Ushobora kuba ufite ubu burwayi cg u*i umuntu ubufite.Waduhamagara cg ukatwandikira kuri Whatsap: *+250788324183*

19/05/2021

*ITANGAZO RY'UBUZIMA (IKIBAZO CY'UBUGUMBA)*

*TUBAFITIYE IBYO KURYA BIGABANYA IBYAGO BY'UBUGUMBA NDETSE WABA WARAMAZE GUHURA N'ICYI KIBAZO TUKAKUVURA UKABONA URUBYARO* .

Ikigo mpuzamahanga kita ku bu*ima kimaze imyaka 12 kikorera mu Rwanda kizwiho guhangana n'indwara zananiranye, cyateguye PROMOTION yo kwita ku bafite ibibazo by'ubugumba biterwa na *:*

*** Ihindagurika ry'ukwezi k'Umugore.

*** Ku*iba kw'imiyobora ntanga.

*** Intanga ngore z'ibihuhwe.

*** Ururenda.

*** Ibiro by'umubyibuho.

*** Umwingo.

*** Ibibyimba byo munda ( muri nyababyeyi ).

*** N'izindi ndwara zishobora gutera uhugumba ku bagore n'abagabo nka _Diabete_ , _Amibe_ , _Indwara z'ibyuririzi za Canser_ , _Indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina zishobora gutuma imiyoborantanga yifunga_ .

*Ubugumba bwa mbere bubaho igihe umugore atigeze asama na rimwe agahita agumbaha burundu naho ubugumba bwa kabiri bukaba ari igihe noneho umugore akunze gukuramo inda.*

Niba ufite ikibazo CY'UBUGUMBA Hamagara: _**0788324183**_ cyangwa ukoresha WhatsApp uhabwe ubufasha !!

Dukorera mu mugi wa *_Kigali_* ku *Gitega* hafi ya *SKY HOUSE* .

29/04/2021

*NIBA UCIKA INTEGE MUGIHE CYO GUTERA AKABARIRO KORESHA REVIVE capsules na Cafezi* _*+250788324183*_ bikire burundu binahe urugo rwawe umunezero.

*REVIVE* ikozwe mu bimera bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza.

*REVIVE* ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa *Epimedium* N'igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w'ibihingwa bizwi nka *berberidacea* kiboneka mu majyepfo y'Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.

Iki gihingwa kimaze imyaka isaga ibihumbi bibiri mu Bushinwa gikoreshwa nkicyongera imbaraga z’abagabo ndetse no mu kuvura imikorere mibi ku mubiri wa kigabo.

*REVIVE* yateguwe byumwihariko kugirango yongere ubushake bw'imibonano mpuzabitsina, yongere ubwinshi no gukomera kw'intanga, yongere imbaraga za ogisijeni mu maraso.

*REVIVE* irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.

*IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE* :

✅Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro.

✅Yongera libido ku kigero cyo hejuru.

✅Irinda ikanavura ububabare bwo mu kibuno.

✅Yongera umusaruro w'intanga mu bwiza n'ubwinshi.

✅Ituma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga.
✅Ihangana n'ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro

✅Ivura guhorana umunaniro ukabije...

INGARUKA NZIZA ZO GUKORESHA REVIVE mu rugo iwawe.

✅Umugabo wakoresheje revive atuma amarangamutima n'ipfa ry'imibonano ku mugore bishira kubera kukunezeza.

✅Irwanya kwiheba no gusa nabi ku mugore.

✅Nta ntonganya n'ubwumvikane buke cyangwa gucana inyuma biba mu rugo.

✅Gukoresha revive bigufasha gusohora mu gihe ushaka gusohora ibyo bikakurinda gupfubya uwo muhuye.
Uyikeneye Call&WhatsApp:
+250788324183

24/04/2021

/ +250788324183

N'UMUTI KU BAGABO BYANANIYE, N'ABARANGIZA VUBA. 👇

Soma wumve kandi usobanukirwe.

? ?
Ni gute wamenya ko umukobwa/ umugore uri kurongora arangije?

Ubundi kurangiza kw'umugore, n'igihe agera ku byishimo bye bya nyuma iyo ari gukora imibonano mpuzabitsina.

Benshi ku gitsinagabo batamenyereye kurongora, baba bibwira ko umugore nawe ku byishimo bya nyuma asohora, agasohora ibintu by' umweru nk'uko ku gitsina gabo bigenda, abandi nabo bakavuga ko iyo urongoye umugore, umucumita cyane amazi akaza ko ubwo aba arangije.
Muby'ukuri ibi byose maze kuvuga ntabwo aribyo.

:

Iyo umugore ushaka kumurongora akarangiza, bisaba kubanza kumutegura.
Gutegura umugore ni ukumushyukwisha ku rwego rurenze mbere yo ku mwinjizamo igitsina, ku buryo umubiri we wiyumva birenze mu gikorwa kigiye kuba, Ibi bisaba umwanya utari muto.

Aha umugore umutera caresse nyinshi zishoboka, ugakorakora amabere, ukayonka kubo bitajena, ukamusomagura mw'ijosi, tire-langue, gukorakora mu musatsi, mu mugongo, ku gitsina, n'ahandi wumva hashoboka uvangavanga nyine, Ku gitsina rero uba ugomba kuhitaho cyane kuruta ahandi kuko ariho ru*ingiye, kugera aho wumva igitsina cy'umugore cyatose cyuzuye amazi ikariso ikaba yanatota), iyo ubikoze igihe kirekire, bituma umugore agira ubushake cyane birenze urugero(aha ndavuga Ku mugore mu*ima,niba ubwo ubushake ntabwo ugira urarwaye,reba igisubizo hasi).

Kimwe mu byakubwira ko umugore yagize ubushake cyane, ashobora kugusaba ko ubimukorera cyangwa ukabona yikuriyemo imyenda utabimusabye.

Iyo ugiye gutangira igikorwa nyirizina rero, wirinda ipfa ryinshi mu rwego rwo kugirango utarangiza vuba, utangira ukuba igitsina cyawe ku munwa w'icy'umugore cyamaze kugira ubushake, apana guhita ucumacumita gusa, Noneho ukamumanuriramo uzamura, ukuba ku minwa yacyo, wongera ucumita ,gutyo gutyo, nibyo uzumva bita kuvangira.

Ibi ubikora kenshi uvangavanga na za karesse twavuze, tire-langue, ...ariko bikaba byiza kurushaho iyo uganina n' uwo uri kurongora ukamubaza Aho yumva bitari kugenda neza, ukahakosora. Iyo uri kumuvangira asohora, amazi (amavangingo ku bayafite) inshuro nyinshi , nawe ukaryoherwa. Ariko ntabwo aba arangije.

Mbonereho kubwira abagore ko umugore udakoresha ,
nk' adakunda kugira amavangingo ahagije kuri bamwe usanga ntanayo, rero gukoresha kacip Fatima na Maharani na Soybean powder bituma igitsinagore kigira amavangingo, binuzuzanya no gukoresha kubera ko ituma igitsinagore kigira impumuro nziza mu gitsina ku buryo umugabo atinubira umugore ndetse bikanavura ama infections.

Kugira ngo umugore arangize rero, wongera umuvuduko uri gukoresha ugereranije n'uwo watangiye umuvangavangira.

Abagabo bagira ikibazo cyo kurangiza vuba cyangwa bacika intege vuba ntabwo mujya mugeza abagore ku byishimo bya nyuma. Kuko ukozamo, wacumita rimwe, kabiri, ikaba iraguye. Kandi urumva nibwo uba usabwa kongera umuvuduko uri gukoresha. Noneho uko uri kugenda wongera umuvuduko, umugore araryoherwa cyane ukabona rimwe atangiye kutabasha kwicontrola mubyo arimo. Niho rimwe bitewe n'uwariwe uzumva avugije induru, akagufata akagukomeza cyaneeeee, umuri hejuru. Mbese wumve Ari kukwinjiramo nyine, cyangwa wumve ararize mu kajwi keza, Kandi uko ucumita ariko cyane yitsa umutima. Aha iyo bimubayeho umugabo araryoherwa cyane, ariko ahita amenya ko agiye kurangiza. Kugirango bigende neza cyane Uhita ukuba nka kabiri umuvuduko wakoresheje noneho agasa n'usaze. Mu kanya gato ujya kumva ukumva umubiri we urikweze, aragufashe aragukomeje, cyaneeeee! Kubabishobora (Kuko hari n'abandi batabasha no kugufata kubera uburyohe burenze) noneho ukumva ariruhukije sana.

Mugabo iyo ari ubwa mbere ubibonye ushobora kugira ubwoba ugahita umwiyama, ariko sibyo.

Rero ku bibaza ku kurangiza k'umugore, muby'ukuri nta kintu gisohoka iyo umugore arangije usibye kumva yiruhukije, ukumva n'umubiri we ucitse intege gusa.

Mbonereho kandi kubwira abagabo barangiza vuba ko bagomba gukoresha

Ginali_Capsule

bikabafasha gukira ubwo burwayi, kubera ko abenshi usanga barabitewe no kwikinisha, imyanda mu mubiri, umunaniro, amibe ndetse n'ubundi burwayi butandukanye nka Diabetes, Hypertension n'umubyibuho ukabije.

Abagore rero bashaka kugira impumuro nziza mu gitsina, kugira amavangingo n'abagira inama yo gukoresha kacip Fatima,Maharani na feminine wash.
Mushaka izo nyunganiramirire zibafasha kunoza amabanga y'abashakanye mwabariza kuri:
+250788324183
Iri no kuri WhatsApp.

.
:



.

Ntugende udakanze Like👍🏻 kuri Page yacu ya Facebook, kugira ngo ujye uhamenyera n'ibindi byinshi 👇
https://www.facebook.com/ubu*imabwawee/

aho uzajya umenyera Ku *ima bw' n' yongera ndetse n'ifasha Abagabo .

31/03/2021

UBUHAMYA KU MUNTU UTARABYARAGA, NYUMA YUKO ATUMENYE AKATUGANA AKA YARABYAYE.

1. Nakurikiranye umu Mama warumaze imyaka 4 abana numugabo arko muri Iyo myaka ntibabasha kubyara, bagerageje kujya kwa muganga babapimye basanga umugore afite ikibazo cyimisemburo micyeya bamuha imiti biranga nyuma aza kubona numero zanjye kuri Facebook araza turaganira abwira neza ikibazo yarafite nanjye ndamubwira nti twagufasha kdi koko twaramufashije
Ubu afite umwana.

Produits yakoresheje: 1. Chlorophyll plus guarana imwe
2. Herbal Warrisan Maharani eshatu(3)

Mu byukuri uyu muntu naramukurikiranye kuko yamaraga maharani akagaruka agafata indi hanyuma azimaze Ari eshatu ndamuhagarika
Nyuma yamezi abiri yaratwite ubu nawe yitwa Mama nkabandi. Aha dushima Imana . Nakabaye mubabwiye arko kubwumutekano we yarabimbujije.
2. Umudamu Wa kabiri ni umurundikazi arko uba mu Rwanda gusa we nawe ikibazo cye cyenda gusa nicyuwambere gusa we inda zavagamo zifite ukwezi kumwe kuko yaramaze gukuramo inda enye(4) mu byukuri yari yarihebye ntako atagize kwa mu ganga byaranze nawe mpuzwa nawe na Facebook turaganira icyo gihe mubyukuri bwo yabwiyeko noneho no gusama byibuze ngo ivemo ntabyo abona byahagaze nahise mugira inama yo gufata izindi products kuko ubwo nari nabyumvise ko umuti wakoze hanyuma mubwirako natwita azabwira nabwo nkamubwira izo agomba gufata mu byukuri uyu we yambereye open amaze gusama afotora test De grossese aranyereka nanjye nti wawooo Akazi karakozwe nahise nshima Imana ubundi kuko narinziko agira ikibazo cyuko inda ze zivamo mpita nihutira kumubwira inyunganiramirire agomba gufata kugirango zitange umutekano kuri urwo rubuto rwo munda. Ubu tuvugana inda igize amezi atanu(5) ndetse nejo hashize Twari kumwe yaje kugura izindi nyunganira mirire kuri Dynapharm kdi ameze neza cyane we numukobwa atwite👌🏽

Nawe udukeneye kugira ngo tugufashe. Waduhamagara cg Whatsapp kuri 0788324183 cg 0722480055.

29/03/2021

Inyunganiramirire nizo zonyine zizewe mu kuvura abantu indwara zigakira neza Kandi burundu. Tugane guhera none tugufashe niba nawe ufite ikibazo cy'uburwayi ubwo aribwo bwose. Wanadusanga kuri WhatsApp ukanze hano: https://wa.me/250788324183

Want your business to be the top-listed Beauty Salon in Nyarugenge?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Category

Telephone

Address


Nyarugenge